skol
fortebet

Ubukungu

Polisi yataye muri yombi umugabo wari ufite amayero y’amiganano agera ku 1050

Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byo kurwanya ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’amafaranga (…)

Musanze: Abaturage babangamiwe n’ ubujura bukorwa n’ abacuruzi ku minzani

Umunzani w’ amabuye bita rutare ni umwe mu ivugwaho kuba itujuje ubuziranenge Abaturage (…)

Umukozi wo mu misoro akurikiranyweho gusonera imisoro bitemewe n’amategeko

Polisi irimo gukora iperereza ku ikoreshwa nabi ry’ububasha mu gusoresha aho abakozi bamwe bo mu (…)

Hoteli y’ akarere ka Burera yaruzuye none imaze umwaka idakorerwamo [AMAFOTO]

Hoteli y’ akarere ka “Burera Beach resort” imaze umwaka yaruzuye ariko ntiratangira gukorerwamo. (…)

Rwanda: Amafaranga agenerwa impunzi agiye kujya atangwa hifashishijwe ikoranabuhanga

Guhera muri uku kwezi k’ Ukwakira 2017, amafaranga agenerwa impunzi zo mu bihugu bitandukanye (…)

Nyarugenge: Polisi ifunze umugabo ukekwaho gutunga amafaranga y’amiganano

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge, ku itariki ya 27 Nzeri yataye muri yombi (…)

Hari gukorwa inyigo izafasha kumenya umutungo w’imigano u Rwanda rufite

U Rwanda ruri gukora inyigo ku gihingwa cy’imigano kugirango nayo igire uruhare mu kuzamura (…)

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 2 muri Afurika mu bihugu bihagaze neza mu bukungu

Icyegeranyo cy’ihuriro mpuzamahanga mu bukungu kiragaragaza ko u Rwanda rwazamutseho umwanya (…)

Gisagara: Abahinzi nta kizere bafite cyo kurandura inzara batewe na nkongwa

Abaturage bahinga mu gishanga cy’urutanga kiri mu karere ka Gisagara hagati y’imisozi ya (…)

RDF yatanze inka na Mutuel ku baturage batishoboye muri Gasabo

Ingabo z’u Rwanda, Brigade ya 204 ikorera mu turere tugize Umujyi wa Kigali bagabiye inka 10 (…)

“Ikibazo cy’ inguzanyo mu buhinzi kirenze amabanki” Rwangombwa

Umuyobozi wa banki nkuru y’ u Rwanda John Rwangombwa asanga ikibazo cyo kuba abahinzi batabona (…)

VD FRANK witeguraga kurushinga afungiye kwiyita umukozi w’ibiro by’abinjira n’abasohoka

Mugisha Frank akurikiranyweho kwiyita umukozi w’ubuyobozi bukuru bushinzwe abinjira n’abasohoka (…)

Ecobank ishami rya Nyagatare ryibwe miliyoni 77 Frw, abayibye batorotse

Ku cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2017 mu Karere ka Nyagatare, Ishami rya Ecobank rihakorera ryibwe (…)

Rwanda: Leta n’abaturage ntibavuga rumwe kuri bimwe mu bimenyetso by’ ubukungu

Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare na Ministeri y’imali n’igenamigambi mu Rwanda, batangaje ko (…)

Kigali Investment Company niyo yaguze mu cyamunara UTC ya Rujugiro

Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro (…)