skol
fortebet

Ubukungu

Bishop Rugagi ngo agiye kuzana indege bidatinze

Umushumba w’ itorero Abacunguwe Bishop Innocent Rugagi uherutse guhererwa impano y’ imodoka I (…)

Nyamagabe:Polisi yataye muri yombi umukozi wo mu rugo wibye miliyoni 3 Rfw

Nyamagabe- Polisi yataye muri yombi umukozi wo mu rugo ukomoka mu Murenge wa Mbazi mu Ntara (…)

Perezida Kagame azahabwa igihembo cy’ uyu mwaka cyo guteza imbere ubukerarugendo

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame niwe uzahabwa igihembo ‘World Tourism Award 2017’ ashimirwa (…)

Kigali: Abasore n’ inkumi 12 bafite uruganda rukora amasabune

Fille Dynah, umwe mu basore n’ inkumi 12 bafite uruganda rukora amasabune avuga ko hari byinshi (…)

Abamotari bari imbere y’abandi bose mu gutanga ruswa

Umuvunyi wungirije aratangaza ko kuba inkiko zaragaragaje ko abakora umwuga wo gutwara (…)

MININFRA yasinye imihigo yo kwagura no kubungabunga ibikorwa remezo

Minisiteri y’ibikorwa remezo n’ibigo biyishamimiyeho basinye amasezerano y’imihigo aho ngo (…)

Abakozi ba Leta 6 bananiwe gusobanura aho bakuye umutungo bafite

Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yatangaje ko urwego ayoboye rwashyikirije ubushinjacyaha (…)

Ishuri ry’ imyuga Perezida Kagame yemereye Nyabihu rigiye kuzura

Mu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu niho harimo kubakwa ishuri rikuru ry’ imyuga (…)

Gakenke: Se wa Minisitiri w’Intebe ari mu banyuzwe n’umusasuro wa Kawa babona

Umusaza Ngirumpatse Athanase ( Se wa Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard ) arahamya ko ari (…)

Abafatabuguzi ba MTN barinubira serivise zayo zikora amasaha runaka

Bamwe mu baturage bakoresha umurongo wa MTN Rwanda bakomeje kwinubira serivisi zayo (…)

Karegeya washoye atageze ku bihumbi 500 mu buhinzi amaze kugera kuri miliyoni 200 [AMAFOTO]

Umuhinzi wo mu karere ka Musanze mu murenge wa Nyange witwa Karegeya Appolinaire ukora imirimo (…)

Burera: Polisi yataye muri yombi umusore ukekwaho guha ruswa umupolisi

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera yataye (…)

Rwanda: Abakora mu bucukuzi bazikuba gatatu bitarenze 2018

U Rwanda rwihaye intego y’ uko bitarenze 2018 abakozi bakora mu rwego rw’ ubucukuzi bazagera ku (…)

Gasutamo igiye gutangira serivisi hakoreshejwe uburyo bwa ASYCUDA

Bitarenze mu kwezi kwa Mutarama umwaka utaha wa 2018, serivisi za gasutamo mu Rwanda zizatangira (…)

Rwanda: Abadafite akazi bariyongereye

Ubushakashatsi bw’ ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare bwamuritswe kuri uyu wa Mbere tariki 9 (…)