skol
fortebet

Ubukungu

Mu mezi abiri ashize Abanyarwanda bari batunze telephone zirenga miliyoni 8

Imibare itangwa n’ ikigo ngenzura mikorere RURA igaragara ko umubare w’ Abanyarwanda bakoresha (…)

Abantu icyenda bafunzwe bacyekwaho guha ruswa y’Amafaranga Abapolisi

Abantu icyenda bafunzwe bacyekwaho guha ruswa y’Amafaranga Abapolisi kugira ngo babakorere (…)

Burera: Hotel yatwaye Miliyoni 500 Frw imaze umwaka n’igice yarabuze isoko

Umwaka n’imisago Hotel y’Akarere ka Burera imaze idakorerwamo nyamara yarubatswe ubuyobozi (…)

Kigali: Babiri bafungiwe uburiganya mu gushaka ibyangombwa by’ubuziranenge bw’imodoka

Kuri uyu wa 8 Mutarama 2018 Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe kugenzura ubuziranenge (…)

Igiciro cya mazutu na essence cyasamutseho amafaranga 11

Kuri uyu 9 Mutarama 2018 Ikigo cy’ igihugu cy’ imirimo ifitiye Akamaro (RURA) yatangaje ko (…)

Isesengura:“ Tap&Go” inyungu ku bashoramari, igihombo ku bakozi ?

Imyaka ikabakaba ibiri irashize mu Rwanda hinjijwe ikoranabuhanga mu kwishyura ingendo mu modoka (…)

Abantu 1050 batanze amande ya miliyoni 353 kubera gukoresha EBM nabi

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kiratangaza ko abantu 1050 aribo baciwe amande (…)

Polisi irahiga bukware abinjije urumogi mu gihugu bifashishije ubwato

Ku itariki 5 z’uku kwezi , mu karere ka Rubavu hafatiwe ibiro 25 by’urumogi, Polisi ikaba (…)

Burera: Polisi yafashe imodoka ipakiye magendu y’imyenda ya chaguwa

Polisi mu karere ka Burera ku itariki 30 z’ukwezi gushize yafashe imodoka ipakiye amabaro 60 ya (…)

DASSO yatoraguye miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda ayasubiza nyirayo

Ngoma- Umukozi w’ urwego rw’ akarere rucunga umutekano , DASSO witwa Tuyisenge Fabrice wo mu (…)

Nyabihu: Umusore wabitsaga kuri Mobile Money amafaranga y’amiganano yatawe muri yombi

Mushimiyimana Emmanuel w’imyaka 23 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka (…)

Hari kugeragezwa uburyo bwo kurwanya ibyonnyi birimo na nkongwa idasanzwe

Mu Rwanda hatangiye kugeragezwa uburyo bw’imihingire bugamije kurwanya ibyonnyi birimo na (…)

Rusizi: Umugabo aravugwaho gukosha umukobwa we inshuro ebyiri nka Rusisibiranya

Umugabo wo mu karere ka Rusizi witwa Nyabyenda Paulin aravugwago kuba yarakosheje umukobwa we (…)

2017: Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo giciriritse cya 5.2%

Banki y’isi iratangaza ko ubukungu bw’u Rwanda muri uyu mwaka buzazamuka ku gipimo giciriritse (…)

Polisi yafatanye umugabo mudasobwa enye zibwe muri G.S Gisozi

Polisi ikorera mu karere ka Gasabo, ku itariki 19 z’uku kwezi yafatanye umugabo witwa (…)