skol

Ubukungu

Guverinoma yashyizeho amategeko mashya mu byerekeye gutwara abagenzi

Guverinoma yashoye miliyari 20 z’amafaranga y’u Rwanda mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange (…)

Leta yashyize igorora abashaka gukoresha imodoka zitwara abagenzi yaguze

Bamwe mu bikorera baravuga ko biteguye kubyaza umusaruro amahirwe bahawe n’igihugu mu bijyanye (…)

Guverinoma y’u Rwanda yamaze kuzana imodoka zitwara abagenzi 100 muri 200 yaguze

Guverinoma y’u Rwanda yafashije mu kugura imodoka 200 zizajya zikoreshwa mu gutwara abantu aho (…)

Umusoro ku butaka wagabanutseho hafi gatatu mu mijyi yo mu Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko umusoro ku butaka uri hagati y’amafaranga ya 0 Frw na 80 Frw (…)

Kamonyi: Abahinzi bishimiye ko batazongera kweza ibigori bakabigurisha bahomba

Abanyamuryango ba Koperative COAMALEKA yo mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Karama bishimiye ko (…)

Kamonyi: Bishimiye amahugurwa agiye kubafasha gukuba kabiri umusaruro w’ibigori byabo

Abaturage bo mu murenge wa Runda na Rugarika,mu karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative (…)

Kicukiro:Yiyise umukobwa ngo akunde abone akazi ko mu rugo

Umusore w’imyaka 17 y’amavuko ukomoka mu Karere ka Gicumbi, yafatiwe mu Mudugudu wa Mulindi mu (…)

Abaturiye ahegereye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga bagiye guhabwa ingurane vuba

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) bwahishuye ko mu mezi abiri ari imbere (…)

Miliyoni zisaga 65 Frw zatikiriye mu nkongi yibasiye Gare ya Musanze

Ibikoresho bibarirwa mu gaciro k’asaga Miliyoni 65 n’ibihumbi 300 y’u Rwanda ni byo bimaze (…)

Rwanda: Icyuho gikomeye muri gahunda yo kuhira.71% By’Ubutaka bugomba Kuhirwa Ntibwuhiwe

Raporo iherutse kunonosorwa na Komite y’Abadepite ikurikirana ubuhinzi, ubworozi no kwita ku (…)

Nyamasheke: Imbwa z’agasozi zenda kubamaraho amatungo

Abaturage b’Imirenge ya Kagano, Bushekeri na Rangiro, mu Karere ka Nyamasheke batewe inkeke (…)

Ibyo wamenya ku modoka zitwara abagenzi zikoresha amashanyarazi zatangiye gukora mu Rwanda

Mu ntangiriro za Ukwakira 2023, Minisiteri y’Ibikorwaremezo yafashe ingamba zigamije kunganira (…)

UNHCR yatangaje igabanuka ry’inkunga igenerwa impunzi mu Rwanda

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryatangaje igabanuka ku bufasha impunzi (…)

Kigali:Hageze imodoka zitwara abagenzi zikoresha amashanyarazi

Muri gare zo mu Mujyi wa Kigali, hiyongereyemo imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange (…)

Musanze: Urubyiruko rurashinja ababyeyi gutambamira inzira y’ubuhinzi bashaka gushoka

Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Burera, ruvuga ko ababyeyi babo ari bo ba nyirabayazana mu (…)