skol

Ubukungu

Kigali :Amakoperative y’abamotari yagizwe 4 Gusa

Abamotari bo mu Mujyi wa Kigali basabye abayobozi bashya b’amakoperative yabo, gushyira imbere (…)

Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo aho Masai Ujiri igiye kubaka igikorwaremezo gikomeye

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 14 Kanama 2023, Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yashyize (…)

Hamenyekanye uturere n’imirenge bikennye cyane mu Rwanda

Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire ryakozwe mu 2022 ryerekanye ko Abanyarwanda barenga (…)

Menya byinshi ku ruganda rukora Sima Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro

Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro uruganda rw’Ikigo Anjia Prefabricated Construction (…)

Igiciro cya Lisansi cyongeye kuzamuka cyane mu Rwanda

Ikigo ngenzuramikorere RURA cyatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya (…)

METEO: Yateguje umuyaga mwinshi n’imvura isanzwe mu bice bimwe by’Igihugu

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa (…)

Gatsibo: Ba mudugudu bashumbushijwe amagare basabwa kuyasigasira

Ku wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga 2023, Abakuru b’Imidugudu 602 batangiye guhabwa amagare (…)

Guhahirana kw’Ibihugu bya EAC byahanantutseho asaga militali y’Amadorari-Raporo

Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba birimo gutakaza za miliyoni z’amadolari bitewe (…)

Bwa mbere u Rwanda rugiye kwitabira inama ikomeye yita ku bukerarugendo

Ku nshuro ya mbere u Rwanda Rwatoranyijwe mu bihugu bizitabira inama Nyobozi y’umuryango (…)

Abikorera bo mu majyaruguru bahize guhashya ubusinzi

Abikorera bo mu Ntara y’Amajyaruguru, baravuga ko biyemeje kugira uruhare mu guca ubusinzi (…)

Guverineri Kayitesi yahakanye iby’Abayobozi bavugwa mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice yahakanye ko nta makuru afite ya bamwe mu (…)

Abakennye kurusha abandi bagiye kuzajya bagobokwa n’ikigega gishya leta yatangije

Leta y’u Rwanda n’igihugu cy’u Budage batangije ikigega cy’asaga miliyari 20 y’u Rwanda (…)

Kayonza: Abadepite batahuye ubutaka bw’Abaturage ADEPR yarubatseho mu buryo butemewe

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagize komisiyo y’ubutaka, ubuhinzi, ubworozi (…)

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari cyemeye gufasha u Rwanda gusana ibyangijwe n’ibiza

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yakiriye mu biro bye intumwa z’Ikigega (…)

Leta y’u Rwanda yashimiwe na IMF uburyo ikoresha neza inkunga ihabwa

Ministre w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard NGIRENTE yakiriye mu biro bye intumwa z’ikigega (…)