skol

Ubukungu

Leta igiye gutangira kugabanya imisoro ku binjiza amafaranga make

Abinjiza amafaranga make, barimo n’umwarimu w’ishuri ribanza Angelique Uwubuntu, bazatangira (…)

Meteo-Rwanda yateguje imvura iri hejuru y’isanzwe igwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo–Rwanda) cyatangaje ko muri iki gice cya (…)

Dukeneye kongera umubare w’abagore bahinga Imboga n’Imbuto: NAEB

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka mu buhinzi n’ubworozi (NAEB) kiravuga (…)

Nyamasheke: Bari mu mazi abira nyuma yo gutema umukozi wa Pariki y’Igihugu ya Nyungwe

Abasore 2 bavukana, Rukundo Félicien w’imyaka 31 na Kanyabashi Jean Claude wa 25, bo mu Mudugudu (…)

Abadepite bashyize bumva amarira y’abaturiye ikimoteri cya Nduba cyababangamiye igihe

Inteko rusange y’Umutwe w’abadepite yasabye ko imiryango 80 ituriye ikimoteri cya Nduba (…)

Leta igiye guhangamura ikibazo cy’ihuzanzira kiri henshi mu gihugu

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo iratangaza ko hagiye kubakwa iminara y’itumanaho irenga (…)

Abanyarwanda 50,8 % ntibashobora kwigondera inzu ziciriritse

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore,yabwiye Inteko Rusange, Umutwe w’Abadepite ko (…)

Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku ishoramari muri Arabie Saoudite

Perezida Paul Kagame yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite, aho yitabiriye inama mpuzamahanga (…)

Polisi yaburiye Abafite za Butike zemerera abakiriya kuhanywera inzoga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga asaba (…)

U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru [URUTONDE]

Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya (…)

Ngororero: Imvura yangije ibyumba by’amashuri bitandatu

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 15 Ukwakira 2023, imvura yaguye yasakambuye ibyumba (…)

Musanze:Hadutse inyamaswa itazwi iri kwica inyana

Abiganjemo aborozi bo mu Kagari ka Nyabigoma mu Murenge wa Kinigi, bahangayikishijwe n’inyamaswa (…)

Kigali:Jali yamuritse imodoka nshya igiye gukoresha mu gutwara abagenzi

Kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 13 Ukwakira 2023, nibwo habaye igikorwa cyo kumurika Icyiciro cya (…)

Metheo Rwanda yateguje Igice cya kabiri cy’ Imvura Iziyongera cyane muri uku kwezi

Iteganyagihe ry’uko ikirere cy’u Rwanda kizaba kimeze rivuga ko igice cya kabiri cy’Ukwakira, (…)

RIB Imaze gufunga 61 bakurikiranyweho kurya imbuto n’ifumbire byagenewe abahinzi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rugaragaza ko kuva umwaka ushize abagera kuri 61 bamaze (…)