skol
fortebet

Ubuzima

Sobanukirwa indwara ya Emoroyide

Benshi bibaza byinshi ku ndwara ya Emoroyide. Bakibaza ikiyitera, uko ifata n’uburyo bayirinda.

Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri

Mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangijwe Icyumweru cyo guhugura ku kubaga indwara (…)

Rwanda: Abarenga miliyoni 2 bivuza indwara z’ubuhumekero buri mwaka

Buri mwaka, abantu barenga miliyoni ebyiri mu Rwanda bivuza indwara z’ubuhumekero, aho usanga (…)

Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yo kubaga abarwaye kanseri

Mu gukemura ikibazo cy’abaganga bava mu mahanga ari bake kandi bakagera mu Rwanda inshuro nke, (…)

Nyabihu: Ikigo nderabuzima cya Bigogwe kigiye kugirwa ibitaro

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yagaragaje ko ibigo nderabuzima biri mu Rwanda bizwiho (…)

U Rwanda rugiye gutanga urukingo rurwanya kanseri nyinshi icyarimwe

U Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza urukingo ruzwi nka ‘Gardasil 9’ rwa virusi izwi nka (…)

RBC iteganya gukingira abahungu,bari mu batera kanseri y’inkondo y’umura abakobwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko hari gutekerezwa uko mu gihe kiri imbere (…)

Abaganga b’u Bushinwa bamaze kuvura Abanyarwanda ibihumbi 730

Umuyobozi Ushinzwe serivisi z’Ubuvuzi mu Ntara ya Inner Mongolia, imaze imyaka 45 yohereza (…)

Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?

Imibare ituruka mu nzego z’ubuzima mu Rwanda irerekana ibimenyetso ko indwara ya malaria yaba (…)

RBC yatangaje ko umuti urinda kwandura SIDA wa Lenacapavir uzatangira gukoreshwa muri uyu mwaka wa 2026

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo gutangira gutanga (…)

Abarenga ibihumbi 42 banduye igituntu mu myaka irindwi

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ‘NISR’ igaragaza ko abantu 42.103 banduye indwara (…)

Ubushakashatsi bwagaragaje ibyago byo kugabanya ibilo hakoreshejwe inshinge

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abantu bagabanya ibilo bakoresheje inshinge nka Mounjaro na (…)

Abana bapfa bataravuka mu Rwanda baragabanyutse mu 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abana bapfa bataravuka (…)

Abagore barenga ibihumbi 35 mu Rwanda bifungishije burundu

Mu Rwanda abagore barenga 35.105 barifungishije burundu nka bumwe mu buryo bwo kuboneza (…)

Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025

Umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruhagaze neza muri gahunda yo kwita ku magara y’Abaturarwanda, (…)