skol
fortebet

Ubuzima

Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze

Umusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu (…)

Dore uko warinda umwana muto indwara yo gucukuka amenyo

Gucukuka amenyo ni imwe mu ndwara zo mu kanwa zikunze kwibasira abantu bose, ndetse n’abana (…)

OMS yashimye imbaraga u Rwanda rwashyize mu kurandura icyorezo cya Marburg

Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, (OMS) mu Rwanda, Dr Brian Chirombo, (…)

Annie Hawkins-Turner Niwe mugore ufite amabere manini kw’isi

Uyu mugore witwa Annie Hawkins-Turner uzwi kw’izina rya Norma Stitz ukomoka mu gihugu cya (…)

Byinshi kuri Potasiyumu, aho iboneka akamaro kayo ndetse n’ingaruka igihe ibaye nke cyangwa nyinshi

Potassium (soma potasiyumu) nayo ni umwe mu myunyu ngugu y’ingenzi mu mubiri wacu. Buri munsi (…)

Ubwiru buri mu koga amazi akonje

Abantu benshi bakunda kwiyuhagira amazi ashyushye kuruta kwiyuhagira akonje. Nyamara, (…)

U Rwanda rugiye gutangaza ko rwatsinsuye bidasubirwaho icyorezo cya Marburg

Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangaza irangira ry’icyorezo cyatewe na Virusi ya Marburg (…)

U Rwanda rumaze kugera ku rwego rwo gupima kanseri ikamenyekana mbereho imyaka 5

Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yahishuye ko u Rwanda rufite ibyuma bipima kanseri (…)

Kigali: 80% by’abagaragaweho n’ibibazo byo mu mutwe kubera ibiyobyabwenge mu mezi 9 ni urubyiruko

Hari ibitaro bivura indwara zo mu mutwe mu Mujyi wa Kigali bigaragaza ko 80% by’abo byakiriye mu (…)

Umuganga w’Umunyarwanda Yegukanye Igihembo mu Nama Mpuzamahanga y’Ubumenyi bw’Ubwonko muri Georgia

Umuganga w’Umunyarwanda Dr. RUTAYISIRE François Xavier Yegukanye Igihembo mu Nama Mpuzamahanga (…)

U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bifite ubushobozi bwo kugenzura ubuziranenge bw’imiti ku rwego mpuzamahanga(ML3)

U Rwanda rwabaye igihugu cya 8 muri Africa cyashyizwe mu rwego rwa "Maturity Level 3(ML3) (…)

Rubavu: Gitifu urwaje amavunja yiswe amashitani yasabwe gutanga ibisobanuro

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bvuga ko bwandikiye ibaruwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa (…)

Amakuru Umuti mushya ufasha uwunyoye kutandura SIDA ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

Ikigo cy’Ubuzima (RBC) guhera mu mpera z’uku kwezi kizatangira gukoresha umuti mushya ufasha (…)

Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko imvura yaguye kuva mu kwezi kwa (…)

Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga idatinya umuto cyangwa ukuze

Umusonga ubundi ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana umuntu (…)