skol
fortebet

Ubuzima

Ibyiza bya EVERHEALTHY ifatwa nk’igisubizo cy’Abagabo bubatse

EVERHEALTHY ni umuti unywa rimwe buri joro ugiye kuryama ukamara iminsi irindwi gusa, ariko ku (…)

Impungenge kuri cocaine ikomeje kuganwa na benshi ku Isi

Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rigamije gukumira ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge (…)

Ibiyobyabwenge n’inzoga zikabije biyobya imitekerereze- Dr Dufatanye

Impuguke zigaragaza ko umuntu wabaswe n’ibiyobyabwenge, icya mbere kimufasha kubivamo ari uko (…)

Batinya ko bananirwa gutera akabariro; abagore ntibakozwa ibyo kwifungisha burundu ku bagabo

Kuboneza urubyaro ni gahunda yashyizweho igamije gutuma abantu babyara abo bashoboye kurera. (…)

Abanyarwanda barasabwa kwirinda Malariya n’ibicurane muri iyi mpeshyi

Minisiteri y’Ubuzima, (MINISANTE) yibukije Abanyarwanda kwitwararika muri ibi bihe byo kuva mu (…)

Ubushakashatsi bwagaragaje ibyiza byo kurara wambaye amasogisi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko kurara wambaye amasogisi byongerera umuntu amahirwe yo gusinzira (…)

Umunyarwanda yavumbuye indwara nshya yo mu mutwe yibasira abari mu rushako

Dr Celestin Mutuyimana usanzwe ari umuganga uvura indwara zo mu mutwe cyane cyane izibasira (…)

’Benshi muri twe batangiye kwiheba’ – umurwayi wa SIDA wahabwaga imiti na USAID

Nyuma y’icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’umuryango w’Abanyamerika utanga imfashanyo (USAID), (…)

Amategeko icyenda areba abarera abangavu

Abana b’abakobwa kuva ku myaka 13 na 15 kugeza kuri 23, biragora kubaha uburere kubera (…)

Abubatse bafite ibyago byinshi byo kugira indwara yo kwibagirwa kurusha ingaragu

Ubushakashatsi bwakozwe na Florida State University, ishami ryayo ry’ubuvuzi bwagaragaje ko (…)

Menya ibanga ryo kwirinda no guhangana na Kanseri ya Prostate yibasira abagabo benshi

Abantu benshi yemwe n’abitwa ko bajijutse, iyo bumvise Prostate bumva kanseri, ariko si ko (…)

Ibihe bitanu umuntu adashobora kwihishira

Abahanga mu mitekerereze bavuga ko kwisobanukirwa ubwabyo atari ikintu cyoroshye mu buzima (…)

Igisubizo ku bashakanye batakibasha gutera akabiriro uko bikwiye

Hirya no hino mu gihugu, usanga hari abashakanye batakibasha gutera akabariro uko bikwiye ndetse (…)

U Rwanda rugiye gutangiza ikigo gishya kivura Kanseri

Mu gihe kugeza ubu mu Rwanda abivuza kanseri bitabwagaho n’ibitaro by’i Butaro n’iby’i Kanombe, (…)

Dore ibyo abakunze kubura ibitotsi bagombye kwitaho

Ikibazo cyo kubura ibitotsi gikunze kubaho ku bantu benshi mu gihe runaka cy’ubuzima bwabo, (…)