skol
fortebet

Ubuzima

Ubuhamya bw’abarwaye Sida bo mu Rwanda bashyingiranywe n’abatayifite

“Tugomba kujya kwa muganga tukareba uko duhagaze” Icyemezo cya nyuma kiba gisigaye ku bagiye (…)

Abarenga ibihumbi 234 bafite Virusi itera Sida mu Rwanda: Urubyiruko rwaburiwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abafite Virusi itera Sida mu Rwanda (…)

Ubutwari bwa Lt. Gen. Innocent Kabandana buzibukwa iteka - Gen. (Rtd) Ibingira

Igihugu cyose cyagize agahinda gakomeye ubwo cyakiraga inkuru y’urupfu rwa Lt. Gen. Innocent (…)

U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026

U Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butanga ibisubizo byihuse (…)

Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri

Imibare itangwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza ko mu mwaka w’amashuri 2024-2025 (…)

Gakenke: Umaze kubagwa incuro 14 kubera uburwayi aratabaza

Mu myaka 15 amaze yivuriza mu bitaro binyuranye, Musabinema Laurence w’imyaka 32 amaze kubagwamo (…)

Muri Gashaki bari guhitamo kwivuza magendu nyuma yo kubura serivise z’amenyo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini (…)

Sida ntivurwa n’amasengesho- RBC

Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima bugaragaza ko Virusi itera Sida itavuzwa (…)

Abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini gitanga ibisubizo bitatu icyarimwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite bagiye kujya bafatwa (…)

Menya ibyo kwitaho ku mwana uvukanye Diyabete 1

Umwana ashobora kuvukana diyabere yo mu bwoko bwa mbere, bitewe n’impamvu zitandukanye, bikaba (…)

Abagera kuri 30% y’abafite Virusi itera Sida mu Rwanda bari hejuru y’imyaka 50

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imbaraga zashyizwe mu kwita ku bafite virusi itera Sida mu (…)

Ntabwo Virusi itera SIDA yacitse irahari- Minisitiri Dr. Nsanzimana

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Nsanzimana Sabin, yagaragaje ko Virusi itera SIDA igihari itigeze icika (…)

Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA

Kuri iki Cyumweru, tariki 13 Nyakanga 2025, abatuye Umujyi wa Kigali barimo abayobozi bo mu (…)

Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara (…)

RDF yongereye ibyumweru bibiri byo gukomeza kuvura abaturage

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko bumvikanye n’Ingabo z’u Rwanda, ku (…)