skol

Ubuzima

U Rwanda rwahagaritse amateraniro ahuza abantu benshi kubera icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda

Leta y’u Rwanda yamaze guhagarika amateraniro y’ abantu benshi mu gihe cy’ibyumweru 2 kugira ngo (…)

Coronavirus yageze mu Rwanda ....yasanganwe Umuhinde bwa mbere

Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Werurwe 2020 ko (…)

Umuryango “Umwana ku Isonga” ntiwemera ibyo guhanisha umwana inkoni

Umuryango nyarwanda [coalition] utari uwa Leta “Umwana ku isonga” uharanira uburenganzira (…)

Nyarugenge:Umwana w’imyaka 9 yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa na ruhurura avuye ku ishuri

Umwana witwa Mugisha Happy w’imyaka 9 wigaga ku kigo cy’amashuri abanza cy’Intwari giherereye mu (…)

Rusizi: Umugabo ushinjwa kuroga abaturanyi yasabye inka kugira ngo arogore abo yaroze bose

Umugabo witwa IYARWEMA Godfrey wo mu kagari ka Kamatita ,mu murenge wa Gihundwe ho mu karere ka (…)

IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yahisemo gusuhuza abayobozi akoresheje inkokora mu guhashya Coronavirus

Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020, nibwo Perezida Kagame yagaragaye ari gusuhuza (…)

Imiryango 1,500 ituye mu manegeka igiye kwimurwa kubera imvura nyinshi iteganyijwe I Kigali

Ikigo gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda cyaburiye Abanyarwanda ko imvura nyinshi igihe gukomeza (…)

Umujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo 2 bikomeye kubera icyorezo cya Coronavirus

Umujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo by’imyidagaduro byose n’ibindi birori bihuza abantu (…)

Nyamagabe: Umuvu w’amazi wishe abantu 5 wasanze bari gusengera mu buvumo

Abantu 11 basengeraga rwihishwa mu buvumo,batewe n’umuvu ukaze w’amazi y’imvura yaraye iguye (…)

Abanyarwanda basabwe guhagarika kuramukanya bahana ibiganza mu rwego rwo kwirinda Coronavirus

Itangazo rya Minisitiri w’Intebe ryo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 06 Werurwe 2020 rirasaba (…)

Nyaruguru: Agoronome yasanzwe mu mugozi yapfuye birakekwa ko yaba yiyahuye

Uwari Agronome w’icyayi mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruguru, Harerimana Emmanuel (…)

Ibitaro bya CARAES-Ndera byemeje ko Barafinda yasanganywe uburwayi

Umugabo witwa Barafinda Sekikubo Fred wamenyekanye cyane ubwo yashakaga kwiyamamariza kuyobora u (…)

Karongi: Undi musekirite wa ISCO yirashe mu cyico arapfa

Umugabo wakoraga akazi ko kurinda umutekano witwa Jean Rukundo wakoreraga ikigo ISCO mu karere (…)

Imvura yaraye iguye yahitanye abantu 5 barimo 2 bakubiswe n’inkuba

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2020, haguye imvura nyinshi hirya no hino mu Rwanda (…)