skol
fortebet

Ubuzima

Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi

Bishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango (...)

Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho

Ubusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano (...)

Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga

Asthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti (...)

Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze

Gucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo (...)

Igeragezwa ry’urukingo rwa Ebola rirakomereza mu Rwanda, ese abo rwagiraho ingaruka babaza nde?

Kuva ejo taliki 15/4/2019 Minisiteri y’Ubuzima igiye gutanga urukingo rwa Ebola “rVSV-ZEBOV” “ (...)

Ese ikibazo cyangwa indwara yo kunanirwa gutera akabariro no kubaka urugo iravurwa igakira?

Ubusanzwe Libido ni imbaraga zisunika umuntu zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano (...)

Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu

Dr. Peter Murugu Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura (...)

Dr Murugu yafunguye amarembo mu Rwanda, arasaba kumwizera ubundi amibe igahinduka amateka

Dr Peter Murugu ukomoka muri Kenya ni umuvuzi ukoresha ibimera, akavura zimwe mu ndwara (...)

Musanze: Hari imiryango yaboneje urubyaro igirwaho Ingaruka n’uburyo ikoresha

Mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru hari imiryango itifujwe gutangazwa amazina ivuga ko (...)

Komisiyo y’Abakozi ba Leta yasabye Minisante kwirukana abakozi bayo batanze akazi mu buriganya

Mu ibaruwa yo ku italiki 5/11/2018 Komisiyo y’abakozi ba Leta yandikiye Minisante yayisabye (...)

MINISANTE yahaye ibigo nderabuzima moto 217 na mudasobwa zirenga 500[AMAFOTO]

Minisiteri y’ Ubuzima yatangije ku mugaragaro igikorwa cyo guha ibigo nderabuzima amapikipiki na (...)

Ubuhamya bw’ Umukobwa watewe inda na se wabo agiye gusura nyirakuru

Umukobwa w’ imyaka 18 yatanze ubuhamya avuga uko se wabo yamufashe ku ngufu afite imya 16, (...)

Leta y’ u Rwanda yahagaritse imiti yavaga mu Buhinde n’ Ubushinwa itujuje ubuziranenge

Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA) cyahagaritse ikoreshwa n’icuruzwa (...)

WhatsApp: Hari Gukusanywa inkunga ya Ndahimana wambaye kambambili agiye gusezerana

Abakoreshwa Whatsapp bashyizeho uburyo bwo gukusanya inkunga yo gufasha umugabo Ndahimana (...)

Mudugudu wafashwe asambana agacibwa ururimi yoherejwe ku bitaro bya Kanombe

Ibitaro bya Nyamata byatangaje ko umuyobozi w’ umudugudu bya Mububa Migambi Emmanuel wafashwe (...)

0 | ... | 1665 | 1680 | 1695 | 1710 | 1725 | 1740 | 1755 | 1770 | 1785 | ... | 2010