skol
fortebet

Ubuzima

Minisitiri Gashumba yanenze abiyita abaganga birirwa mu itangazamakuru bamamaza

Minisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yagaye ubunyamwuga bw’ abiyita abaganga birirwa mu (...)

MINISANTE igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwirinda VIH/SIDA

Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda igiye gutangiza uburyo bwo gufasha Abanyarwanda kutandura virusi (...)

Nta Munyarwanda urakira SIDA

Abaganga b’ inzobere ku ndwara ya SIDA mu Rwanda bavuze ko nta Munyarwanda urakira SIDA cyakora (...)

U Rwanda rwemeye kwishyurira umusore ukeneye miliyoni 19 ngo avurirwe mu Buhinde

Umusore witwa Gisagara Yannick umaze kuba ikimenyabose mu Rwanda kubera uburwayi bw’ impyiko (...)

Guverineri Gatabazi yagize icyo avuga ku mugore wabaye abana 3 avuye gutora abadepite[AMAFOTO]

Umuyobozi w’ Intara y’ Amajyaguru Jean Marie Vianney Gatabazi yasuye umugore wo mu majyaruguru (...)

‘Kwirinda Ebola birasaba isuku no gutanga amakuru ku gihe’ – Minisitiri Gashumba

Minisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yatangaje ko ku Rwanda gukumira Ebola bishoboka cyane (...)

Umubyeyi utwite yemerewe gukomeza konsa umwana yazavuka agasangira ibere na mukuru we

Inzobere nyarwanda mu bijyanye no konsa zivuga ko umubyeyi ugize ibyago byo gusama umwana (...)

MINISANTE irizeza Abanyarwanda ko Ebola itazinjira mu Rwanda

Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda MINISANTE yaburiye Abanyarwanda ko Icyorezo cya Ebola cyongeye (...)

Kamuzinzi, hashize imyaka 3 avumbuye agafoto yafotorewe mu nkambi atabizi

Kamuzinzi Eric wo mu Karere ka Rusizi mu myaka itatu ishize nibwo yabonye agafoto yabotowe n’ (...)

MINISANTE yasubije mu kazi umuforomo wahaye umurwaza amaraso ngo age kuyipimishiriza I Kigali

Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse (...)

Muhanga-Kabgayi: Yasezerewe kwa muganga afite serumu none yitabye Imana

Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 21 Nyakanga 2018 ni bwo uwitwa Ingabire Claudine (...)

Mu bakobwa 100 b’ abanyarwandakazi 7 batwara inda zitateganyijwe

Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko imibare y’ abagana serivise zo kuboneza urubyaro mu (...)

Ngoma: Yahumye amaso yombi umugabo amutana abana batatu ubu babayeho nabi

Mu 2010 amaze guhuma amaso yombi umugabo we yahise amuta, ubu amaze imyaka umunani (8) mu (...)

Abanyarwanda ibihumbi 18 babana umwe yaranduye SIDA undi ari muzima

Mu 2005 nibwo umugore wa Kimonyo (izina ryahinduwe) yitabye Imana amarabira. Nyuma y’urupfu (...)

Ruhango: Umugabo ufite umugore n’ abana amaze imyaka 10 aba mu mwobo

Umugabo witwa Bayiramye Jean Pierre wo mu mudugudu wa Kamugaru, akagali ka Bunyogombe mu (...)

0 | ... | 1695 | 1710 | 1725 | 1740 | 1755 | 1770 | 1785 | 1800 | 1815 | ... | 2010