skol

Ubuzima

Muhanga: Polisi yataye muri yombi abantu babiri bakekwaho gucuruza umwana mu kabari

Abantu babiri bakomoka mu karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye batawe muri yombi na Polisi (…)

Gasabo: Umugore waryamye ari muzima mu gitondo yasanzwe mu nzu ye yapfuye

Umugore witwa Uwihirwe Aline wari utuye mu mudugudu wa Gashubi, akagari ka Nyamabuye mu murenge (…)

Minisiteri y’ubuzima na Imbuto Foundation bahaye imbangukiragutabara 20 ibitaro byari bizikeneye cyane

Minisiteri y’ ubuzima ifatanyije n’ umuryango Imbuto Foundation bahaye imbangukiragutabara 20 (…)

Perezida Kagame yavuze ikintu cyamugoye kurusha ibindi nyuma yo kurangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda

Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye umuhango wo gufunguraga (…)

Bakundukize Ruth wishwe n’indwara idasanzwe yashyinguwe abaturanyi bati” Tubuze inshuti y’Abana bacu”

Bakundukize Ruth yasezeweho bwa nyuma akaba yarazize uburwayi budasanzwe bwamufashe afite imyaka (…)

Bakundukize Ruth wari warameze igisa n’amabere ku kaboko yaguye ku iseta i Murunda bamubaga

Bakundukize Ruth wasabaga ubufasha inzego za leta ndetse n’abikorerabushake yajyanywe ku bitaro (…)

Kamonyi: Ikirombe cyagwiriye abantu 3 umwe ahasiga ubuzima babiri barakomereka

Abasore babiri n’umugabo umwe bo mu murenge wa Kayenzi bagwiriwe n’ikirombe umwe arapfa, abandi (…)

Bakundukize Ruth yameze ibisa n’amabere abiri manini ku kaboko, aratabaza ngo avuzwe

Bakundukize Ruth utuye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyamyumba Akagali ka Busoro Umudugudu wa (…)

Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)

Mukagasana, ni umukecuru wo mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza, ahazwi nk’I Nyamiyaga. (…)

Beatrice Wavuze ngo ’Mbana n’Ibiraya hano, Yesu Weee Indaya Mbaya’ yarize ubwo yabonaga ubufasha[VIDEO]

Umukecuru witwa Nyiransabima Beatrice utuye mu Karere ka Kicukiro mumugi wa Kigali nimwe mubantu (…)

Muhanga: Abangavu 291 baheruka kubyara batiteguye, irari ry’ibigezweho ku isonga y’iki kibazo

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamaliya Beatrice yavuze mu ibarura bakoze mu mezi atatu ashize (…)

Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi

Bishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango (…)

Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho

Ubusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano (…)

Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga

Asthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti (…)

Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze

Gucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo (…)