skol

Ubuzima

Croix-Rouge y’u Rwanda ishishikajwe nuko abagenerwabikorwa bayo bikemurira ibibazo

Croix-Rouge y’u Rwanda iravuga ko kugira abagenerwabikorwa bafite uruhare mu gusesengura ibibazo (…)

Umuyobozi Mukuru wa OMS ategerejwe I Kigali

Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, Umuyobozi Mukuru w’ Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku (…)

Huye: Akarere kari gusabira inkunga ya mituweli abaturage barenga gato ibihumbi 80

Ange Sebutege Meya w’Akarere ka Huye Mu ntangiriro z’umu kwezi Akarere ka Huye kareruye (…)

Kigali: Abaganga biganjemo abasirikare basoje imyitozo yo kuvura Ebola [AMAFOTO]

Abaganga bo mu Rwanda biganjemo abasirikare bakora mu buvuzi basoje imyitozo yo kuvura Ebola (…)

’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba

Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko nyuma gato y’ uko u Rwanda rutangiye kugeza (…)

Umugore wabyaye afite imyaka 14 araburira abakiri bato

Umubyeyi w’abana 8 ukomoka mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera, ubu afite imyaka 36 (…)

‘Ntabwo dufora niyo mpamvu dukora ubushakashatsi’ Dr Ndimubanzi

Minisiteri y’ ubuzima yirinze gutangaza niba ifite icyizere ko ubushakashatsi bwa RPHIA (…)

Gisagara: Ababyeyi bazirika umwana w’ imyaka ine ku ntebe si uko bamwanze

Umuryango utuye mu mudugudu wa Karugumya ,Akagali ka Kigarama, Umurenge wa Musha ho mu karere ka (…)

Nyarugenge: Umubyeyi w’ umwana ufite uburwayi bw’ amayobera arasaba ubufasha Leta n’ abagiraneza

Umubyeyi witwa Niyongere Liziki utuye murenge wa Kimisagara arasaba Leta y’ u Rwanda n’ (…)

Rusizi: Umugabo yasambanyije abana be abangiza imyanya myibarukiro

MURWANASHYAKA Gaspard usanzwe ari umushoferi wa Taxi Voiture,utuye mu murenge wa Nzahaha mu (…)

Gisagara: Abarenga 50 bajyanywe kwa muganga nyuma y’ uko basangiye ikigage mu bukwe

Abarenga 50 b’ingeri zinyuranye batashye ubukwe ku wa Gatandatu mu murenge wa Mugombwa Akagari (…)

Minisitiri Gashumba yanenze abiyita abaganga birirwa mu itangazamakuru bamamaza

Minisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yagaye ubunyamwuga bw’ abiyita abaganga birirwa mu (…)

MINISANTE igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwirinda VIH/SIDA

Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda igiye gutangiza uburyo bwo gufasha Abanyarwanda kutandura virusi (…)

Nta Munyarwanda urakira SIDA

Abaganga b’ inzobere ku ndwara ya SIDA mu Rwanda bavuze ko nta Munyarwanda urakira SIDA cyakora (…)

U Rwanda rwemeye kwishyurira umusore ukeneye miliyoni 19 ngo avurirwe mu Buhinde

Umusore witwa Gisagara Yannick umaze kuba ikimenyabose mu Rwanda kubera uburwayi bw’ impyiko (…)