skol

Ubuzima

Muhanga: Ruswa mu itangwa ry’inzu zari zigenewe abarokotse Jenoside

Bamwe mu barokotse Jenoside bo mu Karere ka Muhanga bemeza ko batishoboye bavuga ko kuva iyi (…)

Kicukiro: Polisi irashakisha umugore watwikiye umugabo mu nzu, ibicuruzwa byakongotse

Kicukiro ahazwi nka Sahara umugore yatwikiye umugabo we mu nzu ahagana saa tanu z’ijoro ryo kuri (…)

Kigali: Abatuye Bannyahe bagarageje impungenge mu guhabwa inzu Kicukiro nk’ingurane

Abatuye mu midugudu ya kangondo I,Kangondo II, na Kibiraro,yose yo mu kagali ka Nyarutarama mu (…)

Abafite uburwayi bw’ingingo basabwe kwivuza kare

Bamwe mu bafite uburwayi bw’ingingo bavuga ko ubuke bw’amavuriro yihariye, bituma kuzikira (…)

U Rwanda rwahagaritse amata n’ibiribwa by’abana bikorwa by’uruganda ‘Lactalis Group’ rwo mu Bufaransa

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (Minisante), yahagaritse amata y’ifu y’abana n’ibindi biribwa (…)

Kicukiro: Umugabo yarwanye n’ umugore amuhunze akubita umwana we amukura iryingo

Umugabo wo mu karere ka Kicukiro arafunze nyuma yo gukubita umwana we akamukura iryinyo ubwo (…)

Polisi yasabye abatwara abagenzi kwitwararika mu gihe abanyeshuri basubira ku ishuri

Polisi y’u Rwanda iragira inama abatwara abagenzi , abayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse (…)

Amayaga: Hatangiye kubakwa urwibutso rwa jenoside ruzimurirwamo imibiri irenga ibihumbi 80 itari ishyinguye neza

Kuri uyu wa gatandatu taliki 13/01/2018 mu murenge wa Muyira hakozwe umuganda udasanzwe wo (…)

Polisi n’abafatanyabikorwa bayo barateganya gutera ibiti ku buso burenga hegitari 50

Muri gahunda zo kongera ubuso buteweho amashyamba hagamijwe kongerwa amashyamba ku misozi iri mu (…)

Bugesera: Kubera ubukene abaturage ntibacyemerera abashyitsi kurara

Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba abaturage batandukanye baratangaza ko (…)

Ngoma: Polisi ifunze umugabo wafatanwe ibiro 140 by’urumogi abandi baracyashakishwa

Minani Emmanuel w’imyaka 30 ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma, (…)

Umuyobozi mukuru wa WHO Dr. Tedros yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Nyamata

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku rwego rw’Isi Tedros (…)

Rubavu: Min.Kaboneka yashishikarije abaturage kwirinda no kwitandukanya n’ibiyobyabwenge-AMAFOTO

Mu rwego rwo gukomeza gushishikariza abanyarwanda kwirinda, gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge (…)

Burera na Gicumbi: Igisirikare cyasabye abayobozi kugisaba umusada niba kurandura amavunja byarananiranye

Aha ingabo z’ u Rwanda zari mu bikorwa bya Army week Akarere ka Burera kasanze ingo 310 (…)