skol

Ubuzima

Bugesera: Abakristu babangamiwe na Pasiteri ubasaba kubakira abakwe be

Bamwe mu bakristu basengera mu itorero Nazareni riherereye mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka (…)

Gasabo: Pasiteri yasengeye ihene yari yatewe n’amashitani ikarya abantu

Kuri uyu wa Gatandatu mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jabana hagaragaye ihene bivugwa ko (…)

Nyaruguru: Umwana wariwe n’imbwa agatereranwa asigaye arara avuza induru

“Umwana imbwa yaramuriye mujyana kwa muganga,imbwa yari yamwishe yamupfumaguye,kwa muganga (…)

Umukecuru bivugwa ko akuze kurusha abandi mu Rwanda yizihije isabukuru y’amavuko

Mu Kagari ka Musenda Mu murenge wa Gatebe ho mu Karere ka Burera ni mujyaruguru y’igihugu niho (…)

Kicukiro: Abantu 2 bagwiriwe n’ikirombe barapfa

Ubu butumwa bwo kugira inama abacukura amabuye y’agaciro hirya no hino kwitwararika, buje nyuma (…)

Gukuramo inda bizajya bigenwa na Minisiteri y’Ubuzima aho kuba inkiko

Umwana utwite ubyifuje, ashobora gukurirwamo inda, nk’uko biteganywa n’ingingo ya 125 y’itegeko (…)

KIGALI: Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kari hejuru ya miliyoni 16

Kuri uyu wa 29 Ukuboza, ku kimoteri cya Nduba Kiri mu murenge wa Nduba akarere ka Gasabo, (…)

Hafashwe ibicuruzwa by’ibyiganano n’ibitujuje ubuziranenge

Kuva ku itariki ya 20 kugeza kuya 21 Ukuboza 2017, ibihugu bihuriye mu muryango uhuza Polisi (…)

Ababyeyi batanga ibihano ndengakamere ku bana baburiwe

Hashize iminsi mu havugwa bamwe mu babyeyi bahana abana babo by’indengakamere, ibi bakabikora (…)

Abarwayi bajya kwivuza bagataha batavuwe kubera EMR

Mu karere ka Rubavu, Abarwayi bivuriza ku Bitaro bya Gisenyi barinubira gutinda kuvurwa kubera (…)

Guverineri Mureshyankwano avuga ko ibihano bigenerwa abadatanga mitiweli bidashyirwa mu bikorwa

Ubuyobozi bw’ intara y’Amajyepfo bwatangaje y’uko ibihano bigenewe abadatanga ubwisungane mu (…)

Gitifu arashinjwa gukubita umuturage akajya mu bitaro

Umubyeyi witwa Uwitonze Devotha utuye mu kagari ka Gasagara umurenge wa Gikonko mu karere ka (…)

Rusizi:Ngo mu bihumbi 7 by’abaturage yatanze ikuzimu harimo n’umugore we

Umugabo witwa Twagirayesu w’imyaka 34 wo mu karere ka Rusizi, avuga ko guhera mu mwaka 2014 (…)

Rubavu: Batatu bavanywe mu kirombe barapfuye

Abantu batatu bakuwe mu kirombe nyuma yo kumaramo iminsi baguyemo aho inzego z’umutekano ndetse (…)

Leta y’u Rwanda yahagaritse inyama n’amata byavaga muri Afurika y’Epfo

Leta y’u Rwanda yahagaritse ubucuruzi bwose bufitanye isano n’inyama, amata n’ibiyakomokaho, (…)