skol
fortebet

Ubuzima

Gatsibo hamenwe litiro 8 480 z’inzoga zitwa Isimbi,Musanze hamenwe litiro 20 za Kanyanga

Mu mpera z’icyumweru gishize Polisi y’u Rwanda yaganirije abatuye umurenge wa Kageyo, mu karere (...)

Abaganga bihariye bagiye gusuzuma abagororwa nyuma y’uko Umugabo afunzwe yinjiza ’Mugo’ muri gereza

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, umugabo witwa Hagenimana Ismael yafatiwe kuri gereza ya (...)

Mu bitaro bya Muhima, Minisitiri w‘ubuzima yahagaritse ku kazi abaganga bamusuzuguye

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yafashe umwanzuro wo gukagarika ku kazi abaforomokazi (...)

Nyamasheke: Umusore bamusanze mu nzu bamuteye ibyuma mu musaya no mu ijosi

Umusore witwa Bikorimana Etienne y’imyaka 29 y’amavuko ukomoka mu Kagari ka Wimana, Umurenge wa (...)

RDB na REG bahuye n’abashoramari mu by’umuriro ukomoka ku mirasire y’izuba

Itsinda ry’abashoramari 30 baturutse muri norvege baravuga ko bagiye gusangiza u Rwanda (...)

Gisagara: Abana batoragura imyanda mu kimoteri cy’ uruganda bakayirya [VIDEWO]

Gisagara - Mu kimoteri cy’ uruganda GABI Ltd rukora urwagwa mu bitoki hagaragara abana (...)

Umuyobozi wa WASAC yashyizeho itegeko ribuza umufatabuguzi guha amafr umukozi wayo

Kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Nzeri uyu mwaka, Aimé Muzora , umuyobozi mushya w’ikigo gishinzwe (...)

Imibare y’abana bapfa bari munsi y’imyaka 5 iracyari hejuru mu Rwanda

Kigali hatangiye inama ngarukamwaka ihuza abagize ishyirahamwe ry’abaganga bavura abana. Ni (...)

Umuganga w’ abana yakomoje ku kuba indwara nka kanseri zisigaye zigaragara no mu bana

Dr Lisine Tuyisenge, Muganga w’ abana mu bitaro bya CHUK Inzobere mu buvuzi bw’ indwara z’ (...)

RURA yasabye abamotari kugira isuku nyuma yo gushinjwa n’abagenzi kutiyitaho

Urwego ngenzuramikorerere RURA, rurakangurira abamotari guhindura imyumvire bakumva ko isuku ku (...)

Harimo gukorwa ubushakashatsi ku isano iri hagati y’ uburwayi bw’ igifu n’ ihungabana

Inzobere mu bijyanye n’ ibibazo byo mu mutwe zivuga ko uburwayi bw’ igifu no gusepfura ari bimwe (...)

Abanyamadini baravuga ko bahisemo kujya batanga amaraso nk’ituro ku Mana

Bamwe mu banyamadini baravuga ko bahisemo kujya batanga amaraso nk’ituro ku Mana kuko ayo maraso (...)

Burera, Rubavu na Rulindo: Hangijwe ibiyobyabwenge hanafatwa abacuruzi b’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gahunga, (...)

Kirehe: Polisi na RSB bafunze inganda 3 zakoraga inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge

Ku itariki ya 7 Nzeri, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ikigo cy’igihugu gishinzwe gutsura (...)

Rubavu: Aho Kagame yabonye umwanda byaviyiremo ba Gitifu b’Imirenge guhagarikwa ku kazi

Nyuma yo gusura Akarere ka Rubavu, Perezida Kagame mu ruzinduko rw’ubukerarugendo, hahise (...)

0 | ... | 1860 | 1875 | 1890 | 1905 | 1920 | 1935 | 1950 | 1965 | 1980 | ... | 2010