skol
fortebet

Ubuzima

Kigali: Polisi ifunze umugabo ushinjwa gutera inda umukobwa we n’umwuzukuru we

Abana b’umugabo Augustin barasaba ubuyobozi kubafasha kubakura mu mibereho mibi nyuma y’uko uyu (...)

Abantu 13 bamaze kwica n’ikirombe mu cyumweru kimwe

Impanuka ebyiri zitandukanye zo mu birombe bicukurwamo amabuye y’ agaciro zabereye mu turere twa (...)

Gasabo: Umurambo w’umunyeshuli warohamye mu kidendezi wabonetse

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Ukwakira 2017 nibwo umurambo w’umwana (...)

Minisitiri Gashumba asanga abantu bose bahagurutse kurandura imirire mibi 100% bitatinda

Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba aha umwana amata mu irerero ryo muri Nyamagabe (...)

Dr. Agnes Binagwaho yagizwe umuyobozi w’ikigo gikomeye mu buvuzi ku Isi

Dr Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda, yagizwe umuyobozi mu kigo cy’ubuvuzi (...)

Kirehe: Abakobwa babiri bafatanywe uruhinja bibye i Kigali

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Ukwakira 2017 Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abakobwa (...)

Nubwo imbasa yarandutse mu Rwanda kuyirwanya birakomeje

Tariki 13 Ukwakira ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara y’imbasa. Mu Rwanda uyu (...)

Gasabo: Umukobwa wakoraga muri Polisi yataye umwana muri W.C

Hari mu rucyerere rwo mu ijoro rishyira kuri uyu wa kane ubwo Mu mudugudu wa Kanserege Akagari (...)

Gicumbi: Umusore yishwe n’amazi arimo gusenga, ayo mazi yakuwemo ’Igisasu’

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2017 umusore witwa UWURUGWIRO Amosi (...)

Diyabete, umuvuduko n’ umubyibuho bikabije ni bimwe mu bishobora gutera ubuhumyi

Dr Innocent Turate U Rwanda rurakangurira abaturage kwirinda no kwivuza indwara z’ amaso kuko (...)

Indwara y’umunaniro no guhangayika zifata benshi mu bakozi mu Rwanda

U Rwanda rwifatanije n’ ibindi bihugu byizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo (...)

Rusizi: Imvura yahitanye babiri, Abana batanu baburiwe irengero

Kuri uyu wa 09 Ukwakira 2017 imvura ivanze n’umuyaga yaguye mu Karere ka Rusizi mu Ntara (...)

“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba

Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho (...)

Imibiri y’abantu 547 bishwe mu Jenoside yatahuwe mu kigo cya gisirikare

Mu kigo cya gisirikare i Kanombe, hashize ibyumweru 2 hatahuwe icyobo cyarimo imibiri y’abantu (...)

Huye: Bamwe bamaze umwaka bavoma ibirohwa

Abaturage bo mu murenge wa Mbazi mu karere ka Huye baravuga ko bafite ikibazo cyo kuvoma amazi (...)

0 | ... | 1830 | 1845 | 1860 | 1875 | 1890 | 1905 | 1920 | 1935 | 1950 | ... | 2010