skol

Ubuzima

MINISANTE yatangiye gupima abakozi ba leta indwara zitandura

Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Minisiteri y’umurimo, bari mu gikorwa cy’ubukangurambaga cyo (…)

Nyamirambo: Umukobwa arakekwaho gukubita nyina akamwica

Umukecuru witwa Nyirabikomo Amina yasanzwe mu inzu yapfuye bikaba bicyekwa ko yishwe n’umukobwa (…)

Bugesera: Polisi yataye muri yombi abagabo 3 yafatanye litiro 780 za mazutu

Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yakoze umukwabu wo kurwanya icuruzwa ritemewe ry’ibikomoka (…)

Kayonza: Umugabo yiciwe mu rwuri

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Nzeri 2017 mu Karere ka Kayonza,Umugabo witwa Habumugisha Jean (…)

Umunyarwanda yishwe arashwe muri Mozambique

Umunyarwanda witwa Niyongira Theobald, wakoreraga gihugu cya Mozambique yarashwe mu ijoro ryo ku (…)

Ibimaze kuva mu bushakashatsi ku rukingo rwa VIH/ SIDA bumaze imyaka irenga 10

Abashakashatsi ku rukungo rwa SIDA bo mu kigo ‘Projet San Francisco’ (PSF), gikorera mu Rwanda, (…)

Rubavu/ Nyundo: Ku mugezi wa Sebeya hatoraguwe umurambo w‘uruhinja

Murenge wa Nyundo hatoraguwe umurambo w’uruhinja hafi y’inkengero z’umugezi wa Sebeya, mu (…)

Burera: Inkuba yahitanye umukobwa, imvura isiga imiryango idafite aho kuba

Ku cyumeru tarkiki ya 17 nzeri 2017, imvura idasanzwe yaguye mu Karere ka Burera yasize (…)

Abaganga ntibemeranya n’abajya gukuza abana babo ibyinyo

Inzego z’ubuzima mu Rwanda, zivuga ko zigihura n’ikibazo cy’imyumvire y’ababyeyi bafite abana (…)

Kirehe: Hatangijwe gahunda yo gutera imiti yica imibu mu ngo 85873

Igikorwa cyo gutera umuti wica imibu mu nzu z’abaturage mu karere ka Kirehe cyatangiriye mu (…)

Gatsibo hamenwe litiro 8 480 z’inzoga zitwa Isimbi,Musanze hamenwe litiro 20 za Kanyanga

Mu mpera z’icyumweru gishize Polisi y’u Rwanda yaganirije abatuye umurenge wa Kageyo, mu karere (…)

Abaganga bihariye bagiye gusuzuma abagororwa nyuma y’uko Umugabo afunzwe yinjiza ’Mugo’ muri gereza

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, umugabo witwa Hagenimana Ismael yafatiwe kuri gereza ya (…)

Mu bitaro bya Muhima, Minisitiri w‘ubuzima yahagaritse ku kazi abaganga bamusuzuguye

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yafashe umwanzuro wo gukagarika ku kazi abaforomokazi (…)

Nyamasheke: Umusore bamusanze mu nzu bamuteye ibyuma mu musaya no mu ijosi

Umusore witwa Bikorimana Etienne y’imyaka 29 y’amavuko ukomoka mu Kagari ka Wimana, Umurenge wa (…)

RDB na REG bahuye n’abashoramari mu by’umuriro ukomoka ku mirasire y’izuba

Itsinda ry’abashoramari 30 baturutse muri norvege baravuga ko bagiye gusangiza u Rwanda (…)