skol

Ubuzima

Dr. Agnes Binagwaho yagizwe umuyobozi w’ikigo gikomeye mu buvuzi ku Isi

Dr Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda, yagizwe umuyobozi mu kigo cy’ubuvuzi (…)

Kirehe: Abakobwa babiri bafatanywe uruhinja bibye i Kigali

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Ukwakira 2017 Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abakobwa (…)

Nubwo imbasa yarandutse mu Rwanda kuyirwanya birakomeje

Tariki 13 Ukwakira ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara y’imbasa. Mu Rwanda uyu (…)

Gasabo: Umukobwa wakoraga muri Polisi yataye umwana muri W.C

Hari mu rucyerere rwo mu ijoro rishyira kuri uyu wa kane ubwo Mu mudugudu wa Kanserege Akagari (…)

Gicumbi: Umusore yishwe n’amazi arimo gusenga, ayo mazi yakuwemo ’Igisasu’

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2017 umusore witwa UWURUGWIRO Amosi (…)

Diyabete, umuvuduko n’ umubyibuho bikabije ni bimwe mu bishobora gutera ubuhumyi

Dr Innocent Turate U Rwanda rurakangurira abaturage kwirinda no kwivuza indwara z’ amaso kuko (…)

Indwara y’umunaniro no guhangayika zifata benshi mu bakozi mu Rwanda

U Rwanda rwifatanije n’ ibindi bihugu byizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo (…)

Rusizi: Imvura yahitanye babiri, Abana batanu baburiwe irengero

Kuri uyu wa 09 Ukwakira 2017 imvura ivanze n’umuyaga yaguye mu Karere ka Rusizi mu Ntara (…)

“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba

Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho (…)

Imibiri y’abantu 547 bishwe mu Jenoside yatahuwe mu kigo cya gisirikare

Mu kigo cya gisirikare i Kanombe, hashize ibyumweru 2 hatahuwe icyobo cyarimo imibiri y’abantu (…)

Huye: Bamwe bamaze umwaka bavoma ibirohwa

Abaturage bo mu murenge wa Mbazi mu karere ka Huye baravuga ko bafite ikibazo cyo kuvoma amazi (…)

Gatabazi yasabye ko abatera inda bakwiye gushakishwa bagafasha kurera

Ubwo yari yitabiriye inama y’umutekano y’umurenge wa Cyuve yabereye mu mudugudu wa Ruhindinka (…)

Huye: Perezida wa Sena yatashye umudugudu w’ ikitegererezo uzatuzwa imiryango 20

Perezida wa Sena y’ U Rwanda, Makuza Bernard, ubwo yatahaga ku mugaragaro umudugudu w’ (…)

Polisi ifunze abakozi babiri bo mu rugo bibye shebuja Miliyoni ebyiri zirenga

Ku italiki 27 Nzeli, Polisi ikorera mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Gatsata yataye muri (…)

Kabutare: Ababyeyi n’impinja zabo barazwa ku gitanda ari babiri bacurikiranye

Ababyeyi babyarira mu bitaro bya Kabutare bavuga ko babangamirwa no kuba nyuma yo kubyara (…)