skol

Ubuzima

Imvura yaraye iguye yahitanye abantu barenga 16 ibasanze mu mazu yabo

Imvura nyinshi yaraye iguye mu bice bitandukanye by’u Rwanda yahitanye ubuzima bw’abantu barenga (…)

Gasabo: Amazi yatembanye inzu bituma abantu bari bayirimo bahasiga ubuzima

Imvura nyinshi yaraye iguye mu mujyi wa Kigali yasenye amazu menshi n’ibindi bikorwaremezo (…)

Nyarugenge: Gaz yaturikiye muri Restaurent ya Downtown ikomeretsa benshi

Mu nyubako ya DownDown iruhande rwa gare yo mu mujyi habereye inkongi y’umuriro itewe n’iturika (…)

Rwandair yahagaritse ingendo zerekeza Guangzhou kubera icyorezo cya Coronavirus

Ubuyobozi bwa Rwandair bumaze gutangaza ko bwahagaritse by’agateganyo ingendo z’indege ziva (…)

Rwamagana: Umugore yamenye amazi ashyushye ku mugabo we arashya bikomeye

Umugabo witwa Nyirurugo Theobard arembeye mu bitaro kubera amazi ashyushye bivugwa ko yasutsweho (…)

Abahagarariye urubyiruko bagaragaje impamvu zituma rutitabira ku bwinshi kwinjira muri politiki

Abahagarariye urubyiruko mu turere twa Gisagara,Huye,Nyabihu,Ngororero na Nyamagabe dukoreramo (…)

Gasabo: Umugabo yitwikiye mu nzu kubera ko iwe bari bagiye kuhateza cyamunara

Umugabo witwa Nzeyimana Vianney utuye mu mudugudu wa Gikingo,akagari ka Bweramvura mu murenge wa (…)

Kicukiro:Umukobwa wicuruzaga yasanzwe muri Lodge yapfuye

Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika uri mu kigero cy’imyaka 23 yasanzwe mu icumbi yari (…)

Dr Vuningoma wari umuyobozi wa RALC yashyinguwe

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Mutarama, 2020 nibwo uwari umuyobozi w’Inteko nyarwanda (…)

Nyanza: Kanyamuhanda uherutse kwica umugore we yarashwe arapfa ubwo yashakaga gucika Polisi

Umugabo witwa Kanyamuhanda Jean Bosco wo mu Karere ka Huye ukekwaho icyaha cyo kwica umugore we (…)

MINISANTE yaburiye abanyarwanda ku cyorezo cyadutse mu bihugu byo muri Aziya

Minisiteri y’Ubuzima irasaba abaturarwanda bose, cyane cyane abakora ingendo zijya mu mahanga (…)

Bamwe mu mpunzi zaturutse muri Libya barifuza gusubizwa iwabo muri Somalia

Bamwe mu mpunzi zaturutse muri Libya baratangaza ko nubwo bishimiye ko nta ngorane bafite ubu (…)

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa RALC yitabye Imana azize uburwayi

Umunyamabanga w’Inteko Nyarwanda y’Umuco n’Ururimi Dr Vuningoma James yitabye Imana azize (…)

Abakingira Ebola bavuze ku bihuha bisebya urukingo rwayo n’impamvu bataruha ababyeyi batwite

Hagiye havugwa ibihuha byinshi ku rukingo rwa Ebola ko rutera abantu uburemba ndetse bigatuma (…)