skol

Mu Rwanda

Modi yashyikirije abaturage ba Rweru inka yabazaniye muri gahunda ya Gira Inka [VIDEO]

Nerandra Modi Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde yazanye inka 200 yazanye nk’inkunga kuri gahunda ya (…)

Narendra Modi, undi Minisitiri w’ Intebe uhoberanye na Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri (…)

Pasteri Zigirinshuti Michel yararembye ari mu bitaro

Pastor Zigirinshuti Michel ni umwe mu bapasiteri bakunzwe cyane muri ADEPR no mu zindi nsengero (…)

Abatuye Umurenge wa Cyabakamyi ngo babona usa n’uri mu gikari cy’igihugu

Abatuye umurenge wa Cyabakamyi ho mu karere ka Nyanza baravuga ko bahejejwe mu bwigunge no kuba (…)

Amajyepfo: Abasigajwe inyuma n’amateka ngo baracyahezwa

Mu gihe bamwe mu baturage bo mu cyiciro cy’abitwa ko bahoze barasigajwe inyuma n’amateka bavuga (…)

BRD imaze kugaruza arenga miliyari 5 mu nguzanyo za buruse

Mu myaka hafi ibiri Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) imaze isezeranye na Leta kwishyuza (…)

‘Agakungu no kwigana abanyamahanga ngo bituma urubyiruko rwishora mu biyobyabwenge’

Minisititiri w’ Urubyiruko Rose Mary Mbabazi ntiyemeranya n’ urubyiruko ruvuga ko kwishora mu (…)

Kabuga: Ibyo utamenye kuri bya byobo byatawemo abishwe Jenoside

Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo muri Centre y’ubucuruzi ya Kabuga ahitwa mu Gahoromani (…)

Kandidatire ya Mushikiwabo ku mwanya w’umunyamabanga mukuru wa OIF yakiranywe urugwiro I Antananarivo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika (…)

Gatsibo: Abakozi babiri b’ ikigo nderabuzima bakurikiranyweho kwiba ifu igenewe abana

Abakozi babiri bakora mu kigo nderabuzima cya Nyagihanga giherereye mu murenge wa Nyagihanga mu (…)

Amatora y’ Abadepite: Abashaka kuba abakandida bigenga bikubye kane

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa muri 50 ngo mu Rwanda habe amatora y’ abadepite, komisiyo y’ (…)

Karongi: Nyabitabo ngo ituma umukazana yakirwa neza mu muryango mushya

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gitesi mu karere ka Karongi mu ntara y’ Iburengerazuba bavuga (…)

‘Uwasomye neza Bibiliya ntashobora kuba umutinganyi’ - UMUHAMYA WA YEHOVA

Ubutinganyi ni kimwe mu bibazo bikomeye byugarije Isi ndetse bamwe mu banyamadini babubona nk’ (…)

U Rwanda rwungutse Abapolisi bashya barenga 890

Igipolisi cy’u Rwanda cyungutse abapolisi bashya 892 barangije amahugurwa bahita boherezwa mu (…)

Umunyamakuru wakuye Ilibagiza mu mirambo ashimishwa no kumubona yarabaye umubyeyi

Umunyamakuru akaba n’Umushakashatsi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, Tom Ndahiro avuga ko (…)