skol

Mu Rwanda

Abiga mu bigo byigenga nabo ntibemerewe telefone n’ imisatsi isutse

Minisiteri y’ uburezi mu Rwanda yatangaje ko abanyeshuri biga mu mashuri y’ inshuke, abanza n’ (…)

Uko Isi yiriwe tariki 13 Kamena 2018 [AMAFOTO]

Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe harimo inkuru z’ uruzinduko rwa Perezida Kagame ari mu Burusiya (…)

Mudugudu uherutse kwicishwa amabuye n’ ibyuma yashyinguwe

Umuyobozi w’ Umudugudu wo mu karere ka Gicumbi uherutse kwicishwa amabuye n’ ibyuma bikekwa ko (…)

Karongi: Umuyobozi wakubitiwe imbere y’ abarimu n’ abanyeshuri ntarabona ubutabera

Umuyobozi w’ ikigo cy’ ishuri giherere mu karere ka Karongi wakubitiwe imbere y’ abarimu n’ (…)

Gicumbi: Mudugudu wari impirimbanyi yo kurwanya ibiyobyabwenge yishwe

Umuyobozi w’Umudugudu wa Gashinge mu kagari ka Kamutora mu murenge wa Rushaki yicishijwe amabuye (…)

Rusizi: Abasore babiri barashwe barapfa

Saa tatu n’ iminota ibiri, kuri iki Cyumweru tariki 10 Kamena, abantu bitwaje intwaro (…)

U Rwanda rutanga miliyoni 70 buri kwezi ku bagororerwa IWAWA

Umuyobozi w’ Ikigo cy’ Igihugu cy’ igororamuco mu Rwanda aratangaza ko kugorora abana b’ (…)

Green Party ifite intego yo gutsindira 20% by’ imyanya y’ abadepite

Ishyaka riharahira Demukarasi no kurengera Ibidukikije DGPR ryatangaje ko rikomeje imyiteguro y’ (…)

Clare Akamanzi uyobora RDB yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro

Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Clare Akamanzi, ari mu bantu 11 (…)

U Rwanda rwafunguye ikigo gishinzwe gushakisha ibimenyetso [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Kane tariki 7 Kamena mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro Ikigo cy’Igihugu gishinzwe (…)

Abadepite bagiye gusura ikimoteri cya Nduba amasazi abasanganira batarakigeraho

Ikibazo cy’ ikimoteri cya Nduba kibangamiye ubuzima bw’ abaturage n’ ibidukikije kimaze kuba (…)

Gasabo: Umumotari yasanzwe mu muhanda yapfuye

Umurambo w’ umumotari bikekwa ko yitwa Nshimiyimana Deogratias wakoraga umwuga w’ ubumotari (…)

Uko isi yiriwe tariki 4 Kamena 2018: Mu Rwanda ba Minisitiri 2 bashyigikiye impenure, hanze 25 bahitanywe n’ iruka ry’ ikirunga

Amb. Nduhungirehe na Minisitiri Busingye ntibavuga rumwe n’abanenga abanyeshuri bambara impenure (…)

Uwamariya wakoraga muri UR yatorewe kuyobora akarere ka Huye by’ agateganyo

Kuri uyu wa Kane Kamena 2018, Inama Njyanama y’Akarere ka Huye yatoye Uwamariya Veneranda kuba (…)

Kigal: Akarere n’ umurenge bahize abandi mu isuku n’ umutekano bahembwe imodoka

Akarere ka Nyarugenge niko karere kahize utundi two mu mugi wa Kigali mu kugira isuku n’ (…)