skol

Mu Rwanda

Minisitiri Gashumba yavuze uko abarimu bishe abanyeshuri b’ abatutsi batabishe ngo bapfe

Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko yiga abarimu babigishaga bajyaga bafata (…)

Mu mafoto reba ibyaranze uruzinduko rw’ iminsi ibiri rwa Gen Nyamvumba muri Centrafrique

Kuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Patrick Nyamvumba (…)

Diane Rwigara na Nyina bitabye urukiko bataha bataburanye

Kuri uyu wa Mbere tariki 7 Gicurasi 2018 Diane Rwigara na Nyina Mukamugemanyi Adeline Rwigara (…)

Abanyarwanda bakomeje kungukira ku bikorwa by’ ingabo z’ u Rwanda mu iterambere [AMAFOTO]

Abaturage b’ akarere ka Rulindo baravuga ko bafite icyizere cyo kuzabona umusaruro mwinshi w’ (…)

Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho

Leta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza (…)

Uko hirya no hino ku Isi hiriwe tariki 3 Gicurasi 2018 [ AMAFOTO]

Ubwanditsi bw’ ikinyamakuru UMURYANGO bubahitiramo amwe mu makuru aba yiriwe avugwa mu Rwanda no (…)

Nyanza: Bakora urugendo rurerure bajya gushyingura ababo bitabye Imana

Abaturage bo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza baravuga ko kutagira irimbi rusange (…)

Gasabo: Ibyobo byajugunywemo abantu muri Jenoside bimaze kuba 6, hagiye kwifashishwa imashini ihinga

Kabuga muri Gasabo mu gihe igikorwa cyo gukura imibiri y’ inzirakane mu cyobo kinini (…)

Gicumbi: Umusore yasambanyije intama arayangiza bikomeye

Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wasambanyije intama y’umuturanyi we arayangiza (…)

Radio Amazing Grace yambuwe uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda

Ikigo ngenzura mikorere RURA, cyafashe umwanzuro wo kwambura Radio Amazing Grace icyangombwa cyo (…)

Ingabo za UN zarutishije abatutsi imbwa

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bari bahungiye mu Kigo cya Caraes, bashengurwa (…)

Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu

Umukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye (…)

Uko byifashe mu ishuri rya G.S.Trinite ryigeze kugaragaramo ingengabitekerezo ya Jenoside

Ingengabitekerezo ya Jenoside yagaragaraye mu G.S. de la Trinte yatumye abanyeshuri n’ abayobozi (…)