skol

Mu Rwanda

Umunyamakuru Kamili Athanase atorewe kuba meya w’ agateganyo w’ akarere ka Gicumbi

Inama Njyanama y’ akarere ka Gicumbi yateranye kuri wa 1 Kamena 2018 yatoreye Umunyamakuru wa (…)

Abahagarariye ibihugu by’Africa muri Kigali barateganya gufatanya n’abanyarwanda gutangiza umuganda mu bihugu bavukamo

ifoto y’ urwibutso nyuma y’ umuganda wo ku wa Gatandatu tariki 26 Gicurasi 2018 witabiriwe n’ (…)

IBEMASO ngo yumvishe abaye umuntu mushya abonye umuryango we batandukanye mu myaka 24 ishize

Ku wa mbere tariki ya 28 Gicurasi 2018 ni itariki Ibemaso Eliane atazibagirwa kuko ari bwo (…)

REB yandikiye ibigo by’ amashuri kubera amakosa yagaragaye mu gitabo abanyeshuri bigiramo

Ibigo byose by’ amashuri abanza mu Rwanda byahawe ibitabo by’ Ikinyarwanda byo mu mwaka wa (…)

Uko Isi yiriwe tariki 25 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]

Inshamake y’ uko isi yiriwe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018 harimo uko Perezida Kagame yakiriwe mu (…)

Gicumbi: Meya n’ abari bamwungirije begurijwe rimwe kubera amakosa yagaragajwe na raporo y’ umugenzuzi

Inama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Gicumbi yeguje MUDAHERANWA Juvenal wari Umuyobozi w’ (…)

Ubukungu bwose Afurika ikeneye ngo dutere imbere turabufite – Min. Uwacu

Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne asanga abanyafurika batakwiye kujya gushakira ahandi (…)

Uko isi yiriwe tariki 22 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]

Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 22 Gicurasi harimo ko Diane Rwigara na nyina bongeye (…)

Ngoma: Abageni bategereje ubasezeranya bubiriraho

Abasore babiri n’ abakobwa babiri bagiye gusezeranira imbere y’amategeko mu murenge wa Kibungo (…)

Kayonza: Umukozi wa SACCO ya Murundi arakekwaho kurigisa arenga 55 000 000 RWF

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu karere ka Kayonza bafashe (…)

Perezida Kagame ategerejwe mu Bufaransa

Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame tariki 24 na 26 Gicurasi uyu mwaka azitabira (…)

Imodoka nini zabujijwe gukoresha umuhanda Kigali- Gicumbi-Gatuna

Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko abatwara imodoka bakwirinda guca mu muhanda Kigali – Gicumbi – (…)

Mu masaha abarirwa ku ntoki impunzi zishaka gutaha ziratangira kubarurwa

Leta y’ u Rwanda ifatanyije n’ ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR kuri uyu (…)

Kizito Mihigo yasubiye imbere y’ urukiko

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2018 Kizito Mihigo, na Jean Dukuzumuremyi (…)