skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Abanyeshuri 24 bari barashimuswe basubijwe imiryango yabo

Perezida wa Nigeria yatangaje ko abakobwa 24 bari barashimutiwe mu ishuri ryabo basubijwe mu miryango.
26 November 2025 Yasuwe: 193 0

Abandi barindwi bapfiriye mu mirwano ya Wazalendo na FARDC muri Uvira

Imirwano yamaze iminsi ibiri ihanganishije ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Uvira uri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yapfiriyemo abantu...
26 November 2025 Yasuwe: 263 0

Mario yatunguwe n’umugore wamukoze ku bugabo mu gitaramo i Toronto

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B, Mario, yahuye n’ikintu giteye amatsiko kandi kidasanzwe ubwo yari ku rubyiniro mu gitaramo giheruka i Toronto. Umugore wari uhagaze imbere cyane yafashwe...
25 November 2025 Yasuwe: 1077 0

Gakenke: Umugore arakekwaho kwica umwana wavuze ko yibye inkoko y’abaturanyi

Umugore wo mu Karere ka Gakenke yafunzwe akekwaho kwica umwana we w’imyaka itandatu, nyuma y’uko atanze amakuru ku baturanyi bari bibwe inkoko ko yayibonye iwabo.
25 November 2025 Yasuwe: 789 0

Adolf Hitler arahabwa amahirwe yo gutsinda amatora muri Namibia

Adolf Hitler Uunona, umunyapolitiki wo muri Namibia, arahabwa amahirwe yo gutsinda amatora y’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze, azaba tariki 26 Ugushyingo 2025, aho ahatanye ku mwanya w’Umukuru w’Umujyi...
25 November 2025 Yasuwe: 789 0

Icyemezo cy’Urukiko kuri Mwarimu “wariye ibiraha” akanasambanya abana

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwahamije icyaha cyo gusambanya umwana umwarimu witwa Thomas Ntivuguruzwa w’imyaka 50 y’amavuko rumukatira imyaka 10 y’igifungo. Uriya mwarimu wigisha ku ishuri...
25 November 2025 Yasuwe: 868 0

Ahazabera ubukwe bwa Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez hamenyekanye

Ubukwe bwa rutahizamu Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodríguez, bushobora kubera ku kirwa cya Madeira mu mpeshyi y’umwaka utaha.
25 November 2025 Yasuwe: 761 0

Nyanza: Umugabo wibanaga yapfiriye mu nzu, bimenyekana umurambo warashengutse

Hatunguramye Faustin w’imyaka 40, wakoraga akazi k’ubufundi, yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo yarapfuye, ndetse umurambo we waratangiye gushenguka.
25 November 2025 Yasuwe: 611 0

Ingabo z’u Burundi “ziri gukora Jenoside mu Minembwe” – MPA

Itsinda ry’Abanyamulenge baba muri leta zunze Ubumwe za America, ryatangiye imyigaragambyo mu mahoro izamara icyumweru, mu nyandiko yasomewe mu ruhame, rivuga ko ingabo z’u Burundi zirimo gukora...
25 November 2025 Yasuwe: 682 0

Ikirunga cyo muri Ethiopie cyarutse nyuma y’imyaka ibihumbi 12 gisinziriye

Ikirunga cyitwa Hayli Gubbi cyo muri Ethiopia cyarutse ku nshuro ya mbere nyuma y’imyaka ibihumbi 12 cyari kimaze gisinziriye.
25 November 2025 Yasuwe: 580 0