Abasirikare bo muri Guinée-Bissau bakuye Perezida Umaro Sissoco Embaló ku butegetsi, banamufunga ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2025 nyuma y’iminsi itatu habaye amatora...
Mu gihe benshi mu bahanzi bo muri Afurika bakomeje gufata Uganda nk’isoko y’abafana bishimira ibitaramo bihambaye, si ko bimeze kuri Temilade Openiyi wamamaye nka Tems.
Umugore w’imyaka 29 wo mu Karere ka Gatsibo, yishe umusaza w’imyaka 69 amukubise umwase mu mutwe nyuma y’ubushyamirane bwatangiye umugore abwiwe ko yicaye nabi mu kabari.