Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Kayonza, bagaragaje ko bagikorerwa ihohoterwa n’abagabo babo ndetse n’abandi bantu bo mu miryango babaziza kubyara abana b’igitsina kimwe.
Perezida wa Amerika, Donald Trump yategetse ko hongera gusuzumwa uburenganzira bwo gutura no gukorera muri Amerika bwahawe abantu bavuye mu bihugu 19, binyuze muri gahunda ya Green Card,...
Perezida Kagame yatangaje ko ari we ufata umwanzuro ku nsengero zitandukanye zafunzwe mu bihe byashize atakongera kuzifungura, ahubwo abantu bagashishikarizwa gukora kuko mu nsengero higanjemo...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta ruhare rufite mu bibazo biri mu mubano warwo n’u Burundi, ashimangira ko u Burundi ari bwo bwafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yo ku butaka.