skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Rtd Major Rugamba yumvikanye n’Ubushinjacyaha “atanga cash” icyaha aregwa kivaho

Rtd Major Rugamba uzwi mu gucukura amabuye y’agaciro yumvikanye n’ubushinjacyaha gutanga amafaranga icyaha aregwa kikavanwaho.
28 November 2025 Yasuwe: 1876 0

Icyemezo gishya cya Trump gishobora kugira ingaruka ku Banyarwanda bashakaga gutura muri Amerika

Trump yatangaje ko agiye guhagarika mu buryo buhoraho kwakira abimukira bashaka gutura muri Amerika baturuka mu bihugu bizwi nka “Third World Countries’ byiganjemo ibyo muri Afurika, Aziya na...
28 November 2025 Yasuwe: 1098 0

Kayonza: Bamwe mu bagore baracyahohoterwa bazizwa kubyara abakobwa gusa

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Kayonza, bagaragaje ko bagikorerwa ihohoterwa n’abagabo babo ndetse n’abandi bantu bo mu miryango babaziza kubyara abana b’igitsina kimwe.
28 November 2025 Yasuwe: 390 0

U Burayi bwakomanyirije Tanzania

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatoye imyanzuro yo gufatira ibihano Igihugu cya Tanzania ahanini bishingiye ku matora yabaye muri icyo Gihugu mu Kwakira 2025.
28 November 2025 Yasuwe: 840 0

USA: Abahawe Green Card bo mu bihugu 19 bashobora kuzamburwa

Perezida wa Amerika, Donald Trump yategetse ko hongera gusuzumwa uburenganzira bwo gutura no gukorera muri Amerika bwahawe abantu bavuye mu bihugu 19, binyuze muri gahunda ya Green Card,...
28 November 2025 Yasuwe: 686 0

Minisitiri Nduhungirehe yasabye RDC gukemura ibibazo biyugarije aho guhora isabira u Rwanda ibihano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yasabye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukemura ibibazo biyugarije, aho guhora isabira u Rwanda ibihano.
28 November 2025 Yasuwe: 351 0

Embaló wahiritswe ku butegetsi yahunze

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Sénégal yatangaje ko uwari Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoco Embalo yageze muri Sénégal ajyanywe n’indege yihariye ya gisirikare.
28 November 2025 Yasuwe: 459 0

Gen N’Tam yarahiriye kuyobora Guinée-Bissau nyuma ya coup détat ‘yayobowe’ na mugenzi we

Gen Horta N’Tam yagizwe Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Bissau nyuma y’aho Umaro Sissoco Embaló akuwe ku butegetsi ku wa 26 Ugushyingo 2025.
27 November 2025 Yasuwe: 955 0

Iyo biba njye nta rusengero na rumwe nafungura - Perezida Kagame ku nsengero zidakomorerwa

Perezida Kagame yatangaje ko ari we ufata umwanzuro ku nsengero zitandukanye zafunzwe mu bihe byashize atakongera kuzifungura, ahubwo abantu bagashishikarizwa gukora kuko mu nsengero higanjemo...
27 November 2025 Yasuwe: 1591 0

Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta ruhare rufite mu bibazo biri mu mubano warwo n’u Burundi, ashimangira ko u Burundi ari bwo bwafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yo ku butaka.
27 November 2025 Yasuwe: 807 0