skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

RIB iri gukora iperereza kuri Yampano n’umukunzi we kubera mashusho yabo y’urukozasoni

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko Yampano n’umukunzi we nabo bari gukorwaho iperereza ngo harebwe niba nta ruhare bagize mu gusakaza...
1 December 2025 Yasuwe: 903 0

RIB yahishuye ibindi byaha bitandatu Djihad akekwaho nyuma yo gusakaza amashusho ya Yampano atera akabariro

Umuvugizi w’Urwego rw’u Rwanda rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry yatangaje ko amashusho yakwirakwijwe hanze y’umuhanzi Yampano n’umugore we batera akabariro ari amahano, ndetse ngo...
1 December 2025 Yasuwe: 614 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMYUMUKIZA Emile aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka Bugesera. Soma itangazo rirambuye….
1 December 2025 Yasuwe: 553 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMYUMUKIZA Emile aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka Gasabo. Soma itangazo rirambuye….
1 December 2025 Yasuwe: 449 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMYUMUKIZA Emile aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka Ngoma. Soma itangazo rirambuye….
1 December 2025 Yasuwe: 433 0

Amerika yateguje imyigaragambyo ikomeye muri Tanzania

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Tanzania, yashyize hanze itangazo risaba abaturage bayo bari muri Tanzania kwigengesera kuko ku wa 9 Ukuboza 2025, iki gihugu gishobora kwibasirwa...
1 December 2025 Yasuwe: 1132 0

Abantu 503 bakiriye agakiza mu gitaramo cya Richard Nick Ngendahayo, ateguza ikindi i Kigali

Umuramyi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko abantu 503 bakiriye Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza w’ubugingo bwabo mu gitaramo cye “Niwe Healing Concert” cyabaye ku wa Gatandatu tariki 29...
1 December 2025 Yasuwe: 391 0

Ibigo mpuzamahanga bikora intwaro byacuruje arenga miliyari 679$ mu 2024

Ibigo 100 bikora intwaro byaciye agahigo ko gucuruza arenga miliyari 679$ mu mwaka ushize nyuma y’uko intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine, iyo muri Gaza n’izindi zibera mu bice bitandukanye...
1 December 2025 Yasuwe: 443 0

Abahabwa imiti igabanya Virusi itera SIDA bagiye kujya baterwa urushinge rw’amezi atandatu mu cyimbo cy’ibinini

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, kiri kuvugana n’abafatanyabikorwa ba Leta mu byo kurwanya Virusi itera SIDA ngo hatangizwe uburyo abafite iyo virusi bajya baterwa urushinge rumwe mu mezi...
1 December 2025 Yasuwe: 805 0

Ni urucabana gutsinda APR FC - Byiringiro Lague ufite intego zo kuba umukinnyi mwiza wa Shampiyona

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi na Police FC, Byiringiro Lague, yatangaje ko byoroshye gutsinda APR FC mu mukino bazahuramo mu mpera z’iki Cyumweru ndetse ko afite intego zo kuba umukinnyi...
1 December 2025 Yasuwe: 800 0