Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu minsi icumi ya mbere y’ukwezi k’Ukuboza kwa 2025, hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 10 na 50, ikaba iri hasi y’ikigero...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Nkurayija Hubert yagizwe Umuhuzabikorwa wa Tour du Rwanda ndetse ni we uzakurikirana ibikorwa byayo byose.
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa n’abayobozi batandukanye muri iki gihugu, bamaze gufata umurongo wo guhangana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kubona ko batakomeza kwihanganira...
Abasenateri bagaragaje impungenge zo kuba Polisi idashobora gupima umunaniro w’abatwara ibinyabiziga kandi hari ubwo usanga uri mu bishobora guteza impanuka.
Abayobozi ba Hong Kong batangije iminsi itatu y’icyunamo banafata umunota umwe wo kwibuka no kuzirikana abaguye mu nkongi y’umuriro iheruka kuba muri uyu Mujyi igahitana abantu 128.
Muri Leta ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, abantu bane bishwe abandi 10 barakomereka ubwo barasirwaga mu birori by’isabukuru y’amavuko.
Perezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda, Me Niyonkuru Jean Aimé yasezeranyije Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bongeye kumutorera manda ya kabiri, kuzakomeza gukorana na bo hagamijwe...
Papa Léon XIV yinjiye mu musigiti witwa Blue Mosque muri Istanbul, asiga inkweto hanze nk’ikimenyetso cyo kubaha ukwemera kw’Idini ya Islam, ariko ntiyifata umwanya w’isengesho.