Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwaciye ku butaka bw’iki gihugu Ihuriro ‘Mouvement Sauvons la RDC’, ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa ryashinzwe na Joseph Kabila, buha...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yageze i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye kugirana n’u Rwanda ‘amasezerano ya nyuma’.
Perezida William Ruto yavuze ko abavuga ko ari kwerekeza Kenya mu bibazo nk’ibyo Somalia irimo, aho kuyigira nka Singapore nk’uko yabisezeranyije, ari ibicucu.
Twayigize Martin w’imyaka 35 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Gisenyi mu Karere ka Rubavu, akurikiranyweho amagambo arimo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye irondo ry’umwuga...
Mu gihe abahanzi batandukanye bakomeje gutegura imishinga ihambaye mu rwego rwo kwagura umuziki wabo, umwe mu bahanzi bo mu Rwanda bafite izina rikomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,...