Umunyabigwi w’Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Mathieu Flamini, yatangaje ko yishimiye ibihe byiza aheruka kugirira mu Rwanda, avuga ko kurusura ari kimwe mu bihe by’ingenzi atazibagirwa yagize...
Umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho watangaje ko uherutse guhanura kajugujugu yari itwawe n’abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biturutse ku bitero...
Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Katy Perry uri mu bahanzi bakomeye ku Isi ndetse na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, baherutse kugaragara bari kumwe mu Buyapani.
Ku rwego rwa Afurika, Cairo ikomeje kwigaragaza nk’umujyi udasinzira kandi ukurura impano n’imari zituruka hirya no hino ku isi, naho Kigali iza ku mwanya wa kabiri.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze yakoze umukwabu wo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge, imena litiro zisaga 1 700, ndetse inafunga bane mu bazikoraga.