skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Mathieu Flamini wanyuzwe n’u Rwanda, yahishuye icyo ibindi bihugu byarwigiraho

Umunyabigwi w’Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Mathieu Flamini, yatangaje ko yishimiye ibihe byiza aheruka kugirira mu Rwanda, avuga ko kurusura ari kimwe mu bihe by’ingenzi atazibagirwa yagize...
8 December 2025 Yasuwe: 573 0

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

Umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho watangaje ko uherutse guhanura kajugujugu yari itwawe n’abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biturutse ku bitero...
8 December 2025 Yasuwe: 1458 0

Ikibazo cyo kutazamura impano z’abakiri bato muri ruhago cyavugutiwe umuti

Minisitiri wa siporo, Nelly Mukazayire yasobanuye ko ikibazo cyo kutazamura impano z’abakiri bato cyavugutiwe umuti mu mupira w’amaguru aho mu myaka itanu iri imbere muri buri murenge hazaba hari...
8 December 2025 Yasuwe: 655 0

Katy Perry ari mu rukundo ruryoshye na Justin Trudeau wayoboye Canada

Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Katy Perry uri mu bahanzi bakomeye ku Isi ndetse na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, baherutse kugaragara bari kumwe mu Buyapani.
8 December 2025 Yasuwe: 462 0

Nta nkunga izongera guhabwa Afurika: Ibyo wamenya kuri gahunda nshya ya Amerika y’uburyo igiye kubanira Isi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho gahunda nshya y’uburyo igiye kujya ibana n’ibindi bihugu bitandukanye ku Isi aho nko muri Afurika itazongera gukora ibikorwa byo gutera inkunga ahubwo izajya...
8 December 2025 Yasuwe: 1016 0

Imanza 20.000 zimaze kurangizwa binyuze mu buhuza

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, yavuze ko kuva ubuhuza bwatangira gukoreshwa, hamaze gukemurwa imanza 20.000, asaba Abanyarwanda ko badakwiye kumva ubuhuza mu nkiko...
8 December 2025 Yasuwe: 133 0

Nyamasheke: Abantu 88% bajyanwa muri ‘transit center’ baba bakekwaho ubujura

Imibare igaragaza ko abafungirwa muri Gataka Transit Center’ iherereye mu Karere ka Nyamasheke, 88% baba bakekwaho ibyaha by’ubujura.
8 December 2025 Yasuwe: 308 0

Kigali ku mwanya wa kabiri mu Mijyi 10 ikurura abantu n’ishoramari muri Afurika

Ku rwego rwa Afurika, Cairo ikomeje kwigaragaza nk’umujyi udasinzira kandi ukurura impano n’imari zituruka hirya no hino ku isi, naho Kigali iza ku mwanya wa kabiri.
8 December 2025 Yasuwe: 537 0

Musanze: Hamenwe inzoga zitemewe zirimo izitwa Muhenyina n’Umumanurajipo

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze yakoze umukwabu wo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge, imena litiro zisaga 1 700, ndetse inafunga bane mu bazikoraga.
8 December 2025 Yasuwe: 670 0

Amafaranga yatanzwemo ruswa yikubye hafi kabiri mu 2025

Ubushakashatsi kuri Ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index: RBI] bwa 2025 bwagaragaje ko umubare w’Abanyarwanda batanga ruswa wagabanyutse ariko amafaranga batanzemo ruswa ariyongera cyane mu 2025.
8 December 2025 Yasuwe: 371 0