skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

U Burundi bwiyambaje abasezerewe mu gisirikare mu ntambara ya RDC

Leta y’u Burundi iherutse kohereza abasezerewe mu gisirikare mu ntambara imaze iminsi ibera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
10 December 2025 Yasuwe: 1283 0

’Père Noël’ yatawe muri yombi kubera gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni

Uwahoze ari umwarimu mu mashuri abanza ubu ukora nka Père Noël mu birori bitandukanye byo mu bihe bya Noheli, yatawe muri yombi muri leta ya New Jersey muri Amerika, akurikiranyweho gutunga no...
10 December 2025 Yasuwe: 1046 0

U Rwanda rwamaganye ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC hafi y’umupaka warwo

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’u Burundi rimaze iminsi rigaba mu bice bituwe cyane byegereye umupaka wa Bugarama mu...
10 December 2025 Yasuwe: 1167 0

Ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byiyongereyeho 5,1%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ibiciro byo mu Rwanda bikomatanyije ku masoko yo mu mijyi no mu cyaro, byiyongereyeho 5,1%, ugereranyije n’uko byari bihagaze mu kwezi...
10 December 2025 Yasuwe: 451 0

Rutsiro: Hatangiye iperereza ku mupolisi warashe abantu babiri na we akirasa

Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Ubugenzacyaha batangiye iperereza ku kibazo cy’Umupolisi wakoreraga akazi ke mu Karere ka Rutsiro warashe abaturage babiri bagakomereka, na we akirasa agapfa.
10 December 2025 Yasuwe: 1053 0

U Rwanda rwikomye RDC ishoza imirwano yatsindwa ikiriza

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwamagana abayobozi ba RDC bayishinja kurenga ku masezerano, nyamara ari bo barenga ku gahenge bagashoza intambara ihitana ubuzima bw’abaturage, bakavuga ibinyoma ko...
10 December 2025 Yasuwe: 887 0

Miss Irasubiza Alliance aritegura kwibaruka imfura [Amafoto]

Miss Irasubiza Alliance wegukanye ikamba rya Miss Popularity muri Miss Rwanda 2020 yahishuye ko ari mu myiteguro yo kwibaruka imfura ye nyuma y’umwaka akoze ubukwe na Matthew Ferris.
10 December 2025 Yasuwe: 522 0

Révérien Ndikuriyo yeguye muri Sena mu gihe CNDD-FDD ivugwamo umwuka mubi

Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD, Révérien Ndikuriyo, yeguye ku mwanya yari afite muri Sena y’u Burundi mu gihe iri shyaka riri ku butegetsi rivugwamo umwuka mubi.
10 December 2025 Yasuwe: 817 0

Marina yavuze ku bujura bw’indirimbo ’Paje’ akomeje gushinjwa

Ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza ko indirimbo nshya Marina aherutse gusohora yise ’Paje’, ari iyo yaba yaribye umwana w’umuhanzi ukizamuka.
10 December 2025 Yasuwe: 433 0

Bwa mbere mu mateka ya ADEPR yimitse abapasiteri b’abagore

Nyuma y’imyaka 85 Itorero rya ADEPR rishinzwe mu Rwanda, ku nshuro ya mbere ryimitse abapasiteri b’abagore bagiye gutangira inshingano zo kuyobora itorero.
10 December 2025 Yasuwe: 779 0