Imodoka ya Sosiyete itwara abagenzi ya Trinity Express yavaga i Kampala yerekeza i Kigali, yakoreye impanuka mu Karere ka Rukiga mu Burengerazuba bw’Amajyepfo ya Uganda, hapfa abantu batatu barimo...
Umukinnyi wa filime n’umwe mu baziyobora bari bakomeye i Hollywood, Rob Reiner n’umugore we, Michele, basanzwe bapfiriye mu nzu i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Uwase Muyango Claudine wabaye Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yatangaje ko umwaka wa 2025 uri kugana ku musozo wamubereye ishuri rikomeye, wuzuyemo amasomo, imigisha n’ibibazo byatumye...
Depite Willy Mishiki, umuyobozi wungirije w’inyeshyamba za Wazalendo zahawe intwaro na Leta ya RDC, yatangaje ko bari kubara iminsi yo kwisubiza umujyi wa Uvira, bityo intambara bakayimurira ku...
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2016, yatangaje ko yashimishijwe bikomeye n’igitabo “More Than A Crown” cyanditswe na Nishimwe Naomie, wabaye Miss Rwanda 2020, avuga ko ari igitabo...