skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ibigo by’amashuri birenga 300, ibitaro n’ibikorwa by’ishoramari: ADEPR mu myaka 85 ishize

Itorero rya ADEPR mu Rwanda ryatangiye mu 1940 mu Karere ka Rusizi, ubu ni mu Rurembo rwa Gihundwe.
15 December 2025 Yasuwe: 442 0

Guhashya ruswa burundu mu Rwanda birashoboka?

Ku ruhando Mpuzamahanga u Rwanda ruri ku mwanya wa 43 mu bihugu birangwamo ruswa nkeya n’amanota 57%. Ni mu gihe Denmark ari iya mbere n’amanota 90%, Finland na 88%, Singapore na 84%.
12 December 2025 Yasuwe: 582 0

Ifoto y’ingagi yo mu Rwanda iri kubyina, yatsindiye igihembo mpuzamahanga

Ifoto igaragaza ingagi ikiri nto yo mu misozi yo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu Rwanda, iri kubyina yizihiwe, yegukanye igihembo nyamukuru mu irushanwa mpuzamahanga rya ’Nikon Comedy Wildlife...
12 December 2025 Yasuwe: 1723 0

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bw’Akarere yahererekanyije ububasha na Dr. Kayitesi Usta, wamusimbuye kuri uwo mwanya.
12 December 2025 Yasuwe: 1125 0

Munyengango na Gatarayiha bagizwe ba ‘Général de Brigade’: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye, bahabwa ayisumbuyeho.
12 December 2025 Yasuwe: 1298 0

Ruger yibasiye abagore bibagishije ikibuno n’amabere

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nigeria, Ruger, yatangaje ibitekerezo bye ku bagore bibagishije bagamije kongera ikibuno n’amabere, ibizwi nka ‘Brazilian Butt Lift (BBL)’, avuga ko abenshi muri bo...
12 December 2025 Yasuwe: 727 0

Papa Léon XIV yikomye ibyemezo bya Perezida Trump

Papa Léon XIV yanenze bikomeye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, wavuze ko ibihugu by’i Burayi bikomeje kugana habi bigizwemo uruhare...
12 December 2025 Yasuwe: 774 0

Kigali: Polisi ifunze umugore ukekwaho “gucuruza urumogi”

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu mujyi wa Kigali, ryafashe umugore witwa Solange w’imyaka 40 afite urumogi udupfunyika 800.
12 December 2025 Yasuwe: 740 0

Banki Nkuru y’u Bufaransa yarezwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ishyirahamwe ry’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu Bufaransa baburanishwa, CPCR, ryatanze ikirego kireba Banki Nkuru y’u Bufaransa, iyishinja ko itafatiriye konti za...
12 December 2025 Yasuwe: 668 0

Ubutegetsi bwa Perezida Suluhu bwahakanye gufunga Dr. Mpango wari Visi Perezida

Ubutegetsi bwa Tanzania bwamaganye ibihuha byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko Dr. Philip Mpango, wahoze ari Visi Perezida w’iki gihugu, afungiwe iwe mu rugo, buvuga ko ayo makuru ari...
11 December 2025 Yasuwe: 750 0