Ku ruhando Mpuzamahanga u Rwanda ruri ku mwanya wa 43 mu bihugu birangwamo ruswa nkeya n’amanota 57%. Ni mu gihe Denmark ari iya mbere n’amanota 90%, Finland na 88%, Singapore na 84%.
Ifoto igaragaza ingagi ikiri nto yo mu misozi yo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu Rwanda, iri kubyina yizihiwe, yegukanye igihembo nyamukuru mu irushanwa mpuzamahanga rya ’Nikon Comedy Wildlife...
Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bw’Akarere yahererekanyije ububasha na Dr. Kayitesi Usta, wamusimbuye kuri uwo mwanya.
Papa Léon XIV yanenze bikomeye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, wavuze ko ibihugu by’i Burayi bikomeje kugana habi bigizwemo uruhare...
Ishyirahamwe ry’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu Bufaransa baburanishwa, CPCR, ryatanze ikirego kireba Banki Nkuru y’u Bufaransa, iyishinja ko itafatiriye konti za...
Ubutegetsi bwa Tanzania bwamaganye ibihuha byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko Dr. Philip Mpango, wahoze ari Visi Perezida w’iki gihugu, afungiwe iwe mu rugo, buvuga ko ayo makuru ari...