Abatuye mu mujyi wa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo yo gushyigikira ihuriro AFC/M23 riwugenzura.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ko Ukraine idakwiriye kugorana yanga guheba ubutaka bwayo, kuko n’uyu munsi ntabwo ifite.
Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwahamije icyaha cy’ubwinjiracyaha mu bwicanyi umugabo w’imyaka 25 uregwa ko yakubise umuhini mu mutwe mugenzi we bari mu kabari.
Abantu 340 bahawe igihano cy’urupfu mu mwaka wa 2025 muri Arabie saoudite, biyongereyeho babiri ugereranyije n’abahawe iki gihano mu 2024 kuko bo bari 338.
Umuhanzi Bruce Melodie yumvikanishije ko amagambo aherutse kuvuga ko yifata nka nimero ya mbere mu muziki w’u Rwanda atari ukwiyemera, ahubwo ko ashingira ku kwimenya no kwizera uwo ari we, nk’uko...
Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR batwitse igiturage muri Teritwari ya Walikale muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, banica abaturage bane bari batuye muri ako gace.