skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ingabo z’u Burundi zubuye ibitero muri Minembwe

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’u Burundi ziri mu misozi miremire mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo zubuye ibitero ku Banyamulenge...
11 December 2025 Yasuwe: 1641 0

Uvira – U Burundi bwafunze umupaka wabwo na Congo

Nyuma yaho inyeshyamba za AFC/M23 zifatiye umujyi wa Uvira, muri Kivu y’Amajyepfo, u Burundi bwafunze umupaka buvuga ko bushaka gukumira abashobora kubwinjirana.
11 December 2025 Yasuwe: 934 0

Akaga ku ngabo z’u Burundi zagose Minembwe; zaheze hagati y’urupfu n’umupfumu

Nyuma y’aho AFC/M23 ifashe Umujyi wa Uvira mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ingabo nyinshi z’u Burundi ziracyari mu bice bikikije Komini Minembwe ihuza Teritwari ya...
11 December 2025 Yasuwe: 1278 0

Imitekere y’Abataliyani yashyizwe mu murage w’Isi wa UNESCO

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) ryashyize imitekere gakondo y’Abataliyani mu murage ndangamuco w’Isi.
11 December 2025 Yasuwe: 557 0

Venezuela yashinje Amerika kwiba ubwato

Leta ya Venezuela yashinje Leta zunze Ubumwe za Amerika kugaba igitero ku bwato bwayo butwara Peteroli ikabushimutira mu mazi mpuzamahanga mu Nyanja ya Caraïbes.
11 December 2025 Yasuwe: 470 0

Umwe mu bayobozi bo hejuru ba AFC/M23 yarasiwe i Goma

Magloire Paluku wari umujyanama wa Corneille Nangaa, umuhuzabikorwa wa AFC/M23 yarasiwe i Goma n’abantu bataramenyekana.
11 December 2025 Yasuwe: 5715 0

Abinjira muri Amerika bashobora gutangira gusabwa amakuru y’ibyo bashyira ku mbuga nkoranyambaga

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo gutegura ingamba nshya zishobora gutuma abagenzi basabwa gutanga amakuru arambuye ku mbuga nkoranyambaga bakoresha, konti za email ndetse n’amateka y’imiryango...
11 December 2025 Yasuwe: 248 0

lInkuba yakubise abaturage babiri b’i Ngoma umwe ahita apfa

Abaturage babiri bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Zaza bakubiswe n’inkuba ubwo bubakaga ikiraro cy’inka, umwe ahita ahasiga ubuzima. Ubuyobozi bwongera kwibutsa buri wese kwitwararika muri ibi...
11 December 2025 Yasuwe: 429 0

Niyo Bosco yasezeranye imbere y’amategeko n’inkumi bitegura kurushinga

Kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025 mu Murenge wa Kinyinya ho mu Karere ka Gasabo, Niyo Bosco yahasezeraniye imbere y’amategeko n’inkumi yitwa Mukamisha Irene bitegura kurushinga mu minsi iri imbere.
10 December 2025 Yasuwe: 1010 0

Nta birego by’iyicarubuzo bikigaragara mu Rwanda - Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu

Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko nta kirego cy’iyicarubozo iheruka kwakira, ivuga ko ari umusaruro w’imbaraga yashyize mu kwigisha inzego z’umutekano uburenganzira...
10 December 2025 Yasuwe: 501 0