Bitunguranye, mu rukerera rwo ku wa 16 Ukuboza 2025 AFC/M23 yatangaje ko izava mu mujyi wa Uvira yari imazemo hafi icyumweru, ariko isaba ko abahuza barimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Qatar...
Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yemeje ko ku wa Gatatu yagiranye ikiganiro kuri telefone na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, avuga ko cyari ikiganiro cy’ubwubahane...
Nyuma yo gushyirwaho igitutu gikomeye, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryashyizeho itike ya make mu Gikombe cy’Isi cya 2026 ingana na 60$ (arenga ibihumbi 87 Frw), ku bafana bafite...
Abantu barenga 30 bitabye imana nyuma y’uko bwato bari barimo barenga ijana bukoze impanuka mu mugezi wa Kwango mu Burengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kwilu muri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko umuhungu we mukuru, Donald Trump Jr., yambitse impeta umukunzi we Bettina Anderson, uzwi mu banyacyubahiro batuye i Palm Beach.