Ishyirahamwe ry’Umupira ku Isi (FIFA) ryongereye 50% ku giteranyo cy’amafaranga azatangwa mu bihembo by’amakipe azitwara neza mu Gikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Kuri uyu wa 17 Ukuboza 2025, Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Kenya yakuye abapolisi mu kiruhuko kugira ngo bajye kwifatanya na bagenzi babo gukaza umutekano mu gihe cy’iminsi mikuru.
Umunyamabanga Uhoraho w’ishyaka PPRD ryashinzwe na Joseph Kabila, Emmanuel Ramazani Shadary, yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano mu rukerera rwo ku wa 16 Ukuboza 2025.
Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima, DHS7, bwagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka wa 2025.
Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye mu mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga bakurubana umunyonzi wo mu Karere ka Rubavu, wari utwaye yanyoye ibisindisha bamwinjiza mu modoka yabo,...