U Rwanda rwasabye ko ibiganiro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ihuriro rya AFC/M23 byasubukurwa vuba, ndetse rugaragaza ko igisubizo kirambye ku mutekano muke mu Karere...
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi, anashimira Perezida Paul Kagame urangwa...
Nyuma y’aho AFC/M23 itangaje ko igiye gukura abarwanyi bayo mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangiye kurunda ingabo mu...
Perezida Kagame yasabye Minisitiri w’Intebe ko ingendo zo mu mahanga za hato na hato z’abayobozi muri Guverinoma zihagararara, kuko zituma batita ku bibazo by’abaturage kandi aribyo bashinzwe mbere...