Mu gihe hashize iminsi itanu Minisiteri y’Ubutabera ya Amerika itangiye gushyira hanze andi makuru kuri dosiye ya Jeffrey Epstein, hagaragaye ko Perezida Donald Trump we n’uwo mugabo bari bafitanye...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yasobanuye ko hari ibyo u Rwanda rwitondera mu gufata inguzanyo z’amahanga hagamijwe kwirinda ko rwafata izo rutazashobora kwishyura.
Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko hari gukorwa amavugurura mu mategeko agenga uburenganzira bwa muntu ndetse ko bitarenze mu 2026 hazaba hashyizweho umurongo uhamye wo gutanga imbabazi ku...
Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangiye gukoresha ubwato bw’intambara ku rugamba bahanganyemo n’Ingabo za Leta na Wazalendo mu Ntara...
Umunya-Nigeria, Dr. Karl Von Batten, ukorana bya hafi n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje gukora iyo bwabaga ngo u Rwanda ruhamywe kuba intandaro y’umutekano muke mu...
Inzego z’umutekano muri Kenya zemeje ko umuntu umwe yapfiriye mu muvundo wabereye ku kibuga cya Nyayo Stadium mu gitaramo cy’umuhanzi w’Umunya-Nigeria w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Asake,...