Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ku mugoroba wo ku wa 25 Ukuboza 2025, ingabo z’igihugu cye zagabye igitero gikomeye ku mutwe w’iterabwoba wa Islamic State mu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amashuri Makuru (HEC) cyatangaje ko guhera ku wa 24 Ukuboza 2025, gusaba icyangombwa cyemeza ko impamyabumenyi yatanzwe na kaminuza n’amashuri makuru yo mu mahanga...
Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yasabye abatoza ba Rayon Sports kwihangana nyuma y’uko bababajwe n’uko ubuyobozi bwahembye abakinnyi bo bakirengagizwa.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije na Wazalendo byahanganiye bikomeye muri santere ya Makabola muri teritwari ya Fizi mbere yo kwinjira mu munsi mukuru wa Noheli.