Komisiyo ishinzwe amatora muri Guinée-Conakry yatangaje ko Gen Doumbouya uyobora iki gihugu kuva mu 2021 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 86,72%.
Perezida w’umuryango w’Abatutsi bo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, David Karambi Fati, yasabye ko Gen Maj Sylvain Ekenge atabwa muri yombi kubera...
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 wo mu Murenge wa Gashanda uherereye mu Karere ka Ngoma, birakekwa ko yishwe n’inkoni za se wabo, amuziza gutaburura urwina akamwibira inzoga.
Ubwo Perezida Ndayishimiye yagezaga ijambo ryo kwifuriza umwaka mwiza inzego z’umutekano yongeye guharabika u Rwanda, avuga ko ari rwo rubanira nabi u Burundi, yirengagije ko aribwo bukorana...
Ku mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza 2025, Perezida Kagame yakiriye abantu b’ingeri zinyuranye mu birori byo kwishimira ibyo u Rwanda rwagezeho mu 2025, ashima uruhare rwa buri Munyarwanda mu gutuma...