skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Gen Doumbouya yatsinze amatora ya Perezida

Komisiyo ishinzwe amatora muri Guinée-Conakry yatangaje ko Gen Doumbouya uyobora iki gihugu kuva mu 2021 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 86,72%.
31 December 2025 Yasuwe: 534 0

Sassou Nguesso azongera ahatanire umwanya w’Umukuru w’Igihugu

Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, ateganya gutanga kandidatire kugira ngo azongere ahatane mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe tariki ya 22 Werurwe 2026.
31 December 2025 Yasuwe: 408 0

Abakoloni bambuye umuryango mugari inshingano zo kurera abana- Rutaremara

Umuyobozi Mukuru w’Urwego Ngishwanama rw’Inararibonye Hon Tito Rutaremara, yerekanye uko Abakoloni mu Rwanda bambuye ubabasha Umuryango Mugari wahoranye bwo kurera abana buharirwa ababyeyi...
31 December 2025 Yasuwe: 440 0

Kivu y’Amajyaruguru: Uhagarariye ’Umuryango w’Abatutsi’ yasabye ko Gen Maj Ekenge afungwa

Perezida w’umuryango w’Abatutsi bo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, David Karambi Fati, yasabye ko Gen Maj Sylvain Ekenge atabwa muri yombi kubera...
30 December 2025 Yasuwe: 766 0

Ngoma: Birakekwa ko yishwe na se wabo, amuziza kumwibira inzoga

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 wo mu Murenge wa Gashanda uherereye mu Karere ka Ngoma, birakekwa ko yishwe n’inkoni za se wabo, amuziza gutaburura urwina akamwibira inzoga.
30 December 2025 Yasuwe: 813 0

Abantu bane bamaze gupfa nyuma yo gusangira inzoga ihumanye

Mu Karere ka Kamonyi, abagabo batatu basangiye izonga bayisomyaho umwana mutoya wari kwa Nyirakuru, bose bamaze gupfa.
30 December 2025 Yasuwe: 860 0

Prophet Joshua n’abo bari bafunganywe barekuwe by’agateganyo

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwarekuye by’agateganyo Prophet Joshua n’abo bari bafunganywe, bategekwa kujya babwitaba buri cyumweru ndetse n’ibindi binyuranye.
30 December 2025 Yasuwe: 396 0

Perezida Maduro yaraguriwe guhunga Venezuela mu 2026

Abapfumu bo muri Peru bavuze ko indagu zabo zo mu mpera z’uyu mwaka zaberetse ko mu 2026 Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, azahunga igihugu.
30 December 2025 Yasuwe: 683 0

Amagambo gashozantambara ya Ndayishimiye ku Rwanda ahatse iki?

Ubwo Perezida Ndayishimiye yagezaga ijambo ryo kwifuriza umwaka mwiza inzego z’umutekano yongeye guharabika u Rwanda, avuga ko ari rwo rubanira nabi u Burundi, yirengagije ko aribwo bukorana...
30 December 2025 Yasuwe: 1810 0

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zose mu birori bisoza umwaka

Ku mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza 2025, Perezida Kagame yakiriye abantu b’ingeri zinyuranye mu birori byo kwishimira ibyo u Rwanda rwagezeho mu 2025, ashima uruhare rwa buri Munyarwanda mu gutuma...
30 December 2025 Yasuwe: 546 0