John Simpson, umwe mu banyamakuru bakomeye ku Isi mu gukurikirana intambara n’amakimbirane mpuzamahanga, avuga ko umwaka wa 2025 ari wo wabaye mubi kurusha indi yose mu myaka hafi 60 amaze akora...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yasobanuye ko gukoresha telefoni utwaye ikinyabiziga bigiye kujya bifatwa nk’ikosa gusa mu gihe umuyobozi w’ikinyabiziga afashe telefoni mu ntoki.
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyashinje bamwe mu bantu ba hafi ya Perezida Félix Tshisekedi kuyobora umutwe witwaje intwaro wa Mobondo umaze imyaka itatu uhungabanya...