Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko urugamba cyatangije muri iki cyumweru rugamije kwisubiza ibice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo birimo Umujyi wa Uvira.
Bruce Melodie yashimiye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe wagaragaje ari mu bafite indirimbo yumvise cyane muri uyu mwaka anagaruka ku ndirimbo ‘Indabo...
Umuririmbyi Uworizagwira Florien, uzwi mu muziki nka Yampano, yagarutse i Kigali nyuma y’iminsi 20 yari amaze mu Mujyi wa Brussels mu Bubiligi, aho yari yitabiriye ibikorwa bitandukanye by’umuziki...
U Bwongereza bwakajije amabwiriza ajyanye no kubona Visa ku baturage baturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’uko iki gihugu cyanze gushyira mu bikorwa ingamba zigamije...
Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva mu 2020 kugeza mu 2022 yimuriwe mu bitaro byigenga bya Kira i Bujumbura ku wa 27 Ukuboza 2025 nyuma y’amezi abiri avurirwa mu...
Umuvugizi w’Ingabo muri Uganda, Colonel Chris Magezi yibukije abifuza kuzateza akavuyo ku biro by’itora mu gihe cy’amatora ya Perezida azaba mu 2026, ko bazahanwa bihanukiriye kandi ko ingabo z’iki...
Abaturage ba Repubulika ya Centrafrique baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aho Perezida Faustin-Archange Touadéra ahabwa amahirwe yo kuyegukana akayobora manda ya gatatu.
Ibigo by’amashuri 65 byo mu Ntara ya Kwilu iri mu Majyepfo y’Uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byafunze imiryango bitewe n’ikibazo cy’umutekano muke.