skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

MIGEPROF ivuga iki ku bagore bafunzwe badasurwa n’imiryango yabo?

Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye abantu bafite abagororwa b’abagore mu magororero kwitabira kubasura no kubaba hafi kuko na bo ari abantu nk’abandi n’ubwo bari...
5 January 2026 Yasuwe: 403 0

Impano iruta izindi mu buzima! Miss Naomie yabwiwe amagambo asize umunyu n’umugabo we ku isabukuru ye

Michael Tesfay yizihije isabukuru y’umugore we Miss Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2020, amugenera ubutumwa bwuje urukundo n’ishimwe, ndetse agaragaza ko kubana na we ari yo mpano ikomeye...
5 January 2026 Yasuwe: 377 0

Abayobora Ingabo mu bihugu 12 bagiye kwicarira ibibazo bya Congo

Ba Minisitiri b’Ingabo n’Abagaba Bakuru b’Ingabo bo mu bihugu 12 bagiye guhurira mu nama y’iminsi itatu igamije kwiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
5 January 2026 Yasuwe: 542 0

Bidasubirwaho Perezida Mamady Doumbouya yatorewe kuyobora Guinée

Urukiko rw’Ikirenga muri Guinée rwemeje ibyavuye mu matora bigaragaza ko Perezida Mamady Doumbouya wari umuyobozi w’inzibacyuho yatsinze amatora agize amajwi 86,7%.
5 January 2026 Yasuwe: 208 0

Abasirikare b’u Burundi barenga 1000 baburiwe irengero mu kwezi gushize

Abasirikare b’u Burundi barenga 1000 barwaniraga mu bice byo mu kibaya cya Rusizi/Ruzizi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baburiwe irengero mu ntangiriro z’ukwezi gushize.
5 January 2026 Yasuwe: 660 0

Bill Ruzima yabaye umurokore nyuma yo kwigobotora ibiyobyabwenge

Umuhanzi Bill Ruzima, watawe muri yombi afite ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi, akoherezwa mu kigo ngororamuco cy’i Huye, nyuma yo kubyigobotora, yamaze kuba umurokore muri ADEPR.
5 January 2026 Yasuwe: 396 0

Inganda z’u Rwanda zikomeje gukura: Umusaruro wazo wazamutseho 10,3%

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, igaragaza ko Urwego rw’Inganda mu gihugu rwazamutseho 10,3% mu Ugushyingo 2025 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka wari wabanje mu gihe igipimo...
5 January 2026 Yasuwe: 236 0

Trump yaburiye Perezida mushya wa Venezuela, ateguza igitero cya kabiri

Perezida wa Amerika Donald Trump yaburiye Perezida wa Venezuela, Delcy Rodríguez, ko nadakora ibyo Amerika imusaba azahura n’ibikomeye kurusha ibyo Perezida Nicolas Maduro yahuye na byo.
5 January 2026 Yasuwe: 541 0

Amerika yashinjwe kwica abasirikare 32 ba Cuba

Guverinoma ya Cuba yatangaje ko igitero cyo gufata Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela cyaguyemo abasirikare bayo 32.
5 January 2026 Yasuwe: 448 0

SKOL yahaye abanyamahirwe babiri amatike yo kujya kureba Igikombe cya Afurika muri Maroc

Shyaka Valentin na Peter Adams ni bo begukanye igihembo cya SKOL cyo kuzajya kureba umukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika cya 2025 muri Morocco.
4 January 2026 Yasuwe: 264 0