Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye abantu bafite abagororwa b’abagore mu magororero kwitabira kubasura no kubaba hafi kuko na bo ari abantu nk’abandi n’ubwo bari...
Michael Tesfay yizihije isabukuru y’umugore we Miss Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2020, amugenera ubutumwa bwuje urukundo n’ishimwe, ndetse agaragaza ko kubana na we ari yo mpano ikomeye...
Ba Minisitiri b’Ingabo n’Abagaba Bakuru b’Ingabo bo mu bihugu 12 bagiye guhurira mu nama y’iminsi itatu igamije kwiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, igaragaza ko Urwego rw’Inganda mu gihugu rwazamutseho 10,3% mu Ugushyingo 2025 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka wari wabanje mu gihe igipimo...
Perezida wa Amerika Donald Trump yaburiye Perezida wa Venezuela, Delcy Rodríguez, ko nadakora ibyo Amerika imusaba azahura n’ibikomeye kurusha ibyo Perezida Nicolas Maduro yahuye na byo.