Delcy Rodríguez uherutse guhabwa inshingano zo kuyobora Venezuela by’agateganyo, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yarahiriye izo nshingano.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko bwahagaritse ibikorwa byo gucuruza ibigori bibisi ku bashaka ku byotsa no kubiteka bitogosheje, mu rwego rwo kurengera abahinzi no kwimakaza isuku.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, umutingito ufite ubukana buri ku gipimo cya Magnatude ya 6.4 wibasiye Uburengerazuba bw’u Buyapani mu Mijyi ya Matsue na Yasugi muri Shimane, no mu bice byegereye...
Perezida wa Kenya, William Ruto yasabye ko hashyirwaho igihano cy’urupfu ku bantu bacuruza ibiyobyabwenge, mu rwego rwo kurinda urubyiruko rw’iki gihugu kubikoresha.
Ikigo Gishinzwe Gukumira Indwara z’ibyorezo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CDC) cyatangaje ko mu 2025 Abanyamerika 8% mu bagiye kwa muganga bose bari bafite ibimenyetso by’ibicurane, bavuye...
Mu karere ka Rwamagana, umugabo arashinja umugore we uyobora ishuri ribanza ko yamufatiye muri lodge ari kumwe n’umushoferi w’imodoka y’akarere ka Rwamagana bikekwa ko barimo gusambana aho uriya...