skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Minisitiri muri RDC yandagaje bikomeye FARDC

Minisitiri ushinzwe ubuhinzi no kwihaza mu biribwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Muhindo Nzangi Butondo, yandagaje bikomeye igisirikare cy’igihugu cyabo n’ubutasi bwacyo, asobanura...
6 January 2026 Yasuwe: 727 0

Umusimbura wa Maduro yarahiriye kuyobora Venezuela by’agateganyo

Delcy Rodríguez uherutse guhabwa inshingano zo kuyobora Venezuela by’agateganyo, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yarahiriye izo nshingano.
6 January 2026 Yasuwe: 381 0

Karongi: Gucuruza ibigori bibisi no kubyotsa byahagaritswe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko bwahagaritse ibikorwa byo gucuruza ibigori bibisi ku bashaka ku byotsa no kubiteka bitogosheje, mu rwego rwo kurengera abahinzi no kwimakaza isuku.
6 January 2026 Yasuwe: 644 0

Umutingito wibasiye u Buyapani wakomerekeje batanu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, umutingito ufite ubukana buri ku gipimo cya Magnatude ya 6.4 wibasiye Uburengerazuba bw’u Buyapani mu Mijyi ya Matsue na Yasugi muri Shimane, no mu bice byegereye...
6 January 2026 Yasuwe: 206 0

Urubanza rwa Sheikh Bahame Hassan rwasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruherereye mu Karere ka Bugesera rwasubitse urubanza rw’Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan, ukekwaho gukora ishimishamubiri...
6 January 2026 Yasuwe: 178 0

Kenya: Ruto yasabye ko hajyaho igihano cy’urupfu ku bacuruza ibiyobyabwenge

Perezida wa Kenya, William Ruto yasabye ko hashyirwaho igihano cy’urupfu ku bantu bacuruza ibiyobyabwenge, mu rwego rwo kurinda urubyiruko rw’iki gihugu kubikoresha.
6 January 2026 Yasuwe: 221 0

Abanyamerika bugarijwe n’ibicurane

Ikigo Gishinzwe Gukumira Indwara z’ibyorezo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CDC) cyatangaje ko mu 2025 Abanyamerika 8% mu bagiye kwa muganga bose bari bafite ibimenyetso by’ibicurane, bavuye...
6 January 2026 Yasuwe: 217 0

Urutonde rw’ibyo Trump asaba Umuyobozi mushya wa Venezuela

Ubutegetsi bwa Donald Trump bwasabye Perezida w’agateganyo wa Venezuela kwemera gukorana na Amerika niba adashaka akaga nk’ako Maduro yahuye nako!
6 January 2026 Yasuwe: 575 0

Perezida Ndayishimiye yikanze abakorera ‘abami babiri’ mu biro bye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yikanze ko mu biro bye harimo ‘abakorera abami babiri’, abacira imigani y’imigenurano ibateguza ko ibyabo bishobora kugira iherezo ribi.
6 January 2026 Yasuwe: 475 0

Umugabo yafatiye “muri lodge’ umugore we ari kumwe n’undi mugabo

Mu karere ka Rwamagana, umugabo arashinja umugore we uyobora ishuri ribanza ko yamufatiye muri lodge ari kumwe n’umushoferi w’imodoka y’akarere ka Rwamagana bikekwa ko barimo gusambana aho uriya...
6 January 2026 Yasuwe: 747 0