Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abana bapfa bataravuka wagabanyutse ugera ku 7.140 mu 2024 uvuye kuri 7.233 wariho mu 2023.
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), rwatangaje ko rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga mudasobwa 15.000 ku bigo by’amashuri 483 yo hirya no hino mu gihugu.
Uwahoze ari umukinnyi muri NFL, Matt Kalil, yatangaje ko agiye kurega uwahoze ari umugore we Haley Baylee wavuze ko ingano y’igitsina cye ari yo yatumye urushako rwabo rushyirwaho akadomo.
Umugore w’imyaka 45 witwaga Ingabire Nadine yapfiriye muri lodge iri muri santere ya Sodoma iherereye mu Kagari ka Kanserege, Umurenge wa Gikondo mu Karere ka Kicukiro.
Impunzi z’Abanyekongo ziba mu nkambi zo mu Rwanda zazindukiye mu myigaragambyo mu Mujyi wa Kigali, aho zigaragaza ivanguramoko zikomeje gukorerwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Mu Karere ka Kamonyi, DASSO wo mu Murenge wa Rukoma arashinjwa kwinjira umugore w’undi mugabo akamumenesha mu rugo rwe, ikibazo cyamenyekana agahitamo guta akazi.