Imiryango yo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Jarama, iherutse gupfusha abayo bakubiswe n’inkuba, yahawe ibiribwa ndetse inemererwa guhabwa amafaranga ibihumbi 200 Frw yo gutangiza imishinga mito...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko abantu batunze kandi bakoresha telefone mu Rwanda barenze miliyoni 12, mu gihe abakoresha internet bo ari miliyoni icyenda.
Imibiri itanu bikekwa ko ari iy’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ni yo imaze kuboneka iruhande rw’inzu y’ubucuruzi yubatse muri Santere ya Matyazo, nyuma y’uko harimo hacibwa inzira...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zarekuye Abarusiya babiri bari mu itsinda ry’abari batwaye ubwato bwari butwaye ibikomoka kuri peteroli...