skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Huye: Habonetse indi mibiri 22 bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside

Ku munsi wa kabiri w’igikorwa cyo gushakisha imibiri bikekwa ko ari iy’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Kagari ka Matyazo, mu Murenge wa Ngoma, ku hongeye kuboneka indi 22, bituma...
11 January 2026 Yasuwe: 412 0

Filimi ‘Beyond the Genocide’ yo mu Rwanda yashyizwe mu zizifashishwa mu burezi bw’Isi

Filimi mbarankuru yo mu Rwanda ‘Beyond the Genocide’, yayobowe na Zion Sulaiman Mukasa Matovu, ikomeje kwandika amateka mashya mu rugendo rwa sinema y’u Rwanda.
11 January 2026 Yasuwe: 408 0

Pakistan: Nyuma y’umunsi umwe bakoze ubukwe, batwitswe na gaz yo gutekesha barapfa

Polisi yo muri Pakistan yatangaje ko umugabo n’umugore bari bamaze umunsi umwe bakoze ubukwe, bishwe na gaz yo gutekesha, yaturikiye mu rugo rwabo ubwo bari basinziriye.
11 January 2026 Yasuwe: 755 0

Gen Mubarakh Muganga asanga Rayon Sports yari guhabwa amakarita abiri atukura

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro wa APR FC, Gen Mubarak Muganga, yagaragaje ko abasifuzi basifuye umukino wayihuje na Rayon Sports bimanye amakarita abiri atukura.
11 January 2026 Yasuwe: 611 0

Umuntu unyereza umutungo wa Leta aba akora nk’icyihebe- Obadiah Biraro

Obadiah Biraro wabaye Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, yavuze ko umuntu unyereza umutungo n’imari bya Leta aba akora nk’icyihebe.
11 January 2026 Yasuwe: 435 0

Masisi: AFC/M23 na Wazalendo byongeye gusakirana

Abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) babyukiye mu mirwano n’abo mu ihuriro Wazalendo rirwana ku ruhande rwa Leta, mu gace ka Masisi.
11 January 2026 Yasuwe: 600 0

Tshisekedi yarakajwe na Minisitiri we wavuze ko ingabo za RDC ari ibigwari

Nyuma y’uko Minisitiri ushinzwe ubuhinzi no kwihaza mu biribwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Muhindo Nzangi Butondo, yandagaje bikomeye igisirikare cy’igihugu cyabo n’ubutasi...
11 January 2026 Yasuwe: 751 0

Ijambo ‘Nyash’ ryashyizwe mu nkoranyamagambo ya Oxford

Ijambo ‘Nyash’ rimaze kumenyerwa cyane mu bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati, risobanura ikibuno by’umwihariko icy’abagore n’abakobwa ryongerewe mu nkoranyamagambo ya Oxford.
11 January 2026 Yasuwe: 1407 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola n’uwa Qatar baganiriye ku bibazo by’u Rwanda na RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Tete Antonio, yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Qatar, ku ngingo zirimo inzira z’amahoro zatanga igisubizo ku bibazo bimaze igihe hagati y’u Rwanda na...
11 January 2026 Yasuwe: 589 0

Minisitiri wo mu Bwongereza yavuze ko abonye amahirwe yashimuta Perezida Putin

Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, John Healey yavuze ko aramutse abonye amahirwe yo kugira umuyobozi ku Isi akura mu bandi, yashimuta Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin.
11 January 2026 Yasuwe: 550 0